Nta muntu wigisha atabanje gukunda – Padiri Donatien Twizeyumuremyi
Tariki 23 Gicurasi Arikidiyosezi ya Kigali yizihije Yubile y’imyaka 50 mu rwego rw’uburezi n’uburere bw’abana...
Arikidiyosezi ya kigali yibutse inasabira abazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994
Arikidiyosezi ya Kigali yibutse inasabira abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.Ni igikorwa cyabereye muri Paruwasi...
Caritas ya Kigali imaze gutera ingemwe 23.000 z’ubwoko bw’igiti cya ‘Gliricidia Sepium’
Ubwoko bw’igiti cya ‘Gliricidia’ ni igiti kivangwa n’imyaka yo mu murima kikanagaburirwa amatungo.Mu rwego rwo...
Mu butumwa bwa Pasika, Abepiskopi mu Rwanda basabye abakristu gukomera ku rukundo n’ukwemera mu gihe cyo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi
Mu gihe Kiliziya Gatolika kimwe n’abandi bakristu ku isi yose yizihiza Umunsi Mukuru wa Pasika...
Turabasaba kutadohoka mu gihe hagikorwa ibishoboka ngo za Kiliziya zigifunze zifungurwe – Ubutumwa bw’Abepiskopi bwa Pasika
Abepiskopi Gatolika mu Rwanda, mu butumwa bwabo bwa Pasika bageneye abakristu, babasabye kuba abahamya b’ukuri...
Ruhuha – Abakirisitu basaga 100 basoje icyiciro cya mbere cy’urugendo rw’Isanamitima
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 09 Werurwe 2026, muri Paruwasi ya Ruhuha habereye umuhango...
Arikidiyosezi ya Kigali yizihije imyaka 50 imaze ishinzwe.
Kuri uyu wa mbere tariki 9 Werurwe 2026 muri Paruwasi ya Ruhuha hizihirijwe ibirori by'isabukuru...
Ruli : Abarwayi bahawe impano zitandukanye ku munsi wabo
Ibitaro bya Ruli kuri iki cyumweru tariki 8 Gashyantare 2026 byizihije umunsi mpuzamahanga w'abarwayi bahabwa...
Ubutumwa bwa nyirubutungane papa Lewo xiv ku munsi mpuzamahanga w’umurwayi
Insanganyamatsiko iragira Iti “ Impuhwe z’Umunyasamariya : Gukunda wakira ububabare bw’undi. Bavandimwe nkunda, Umunsi mpuzamahanga...
Caritas Kigali irashimira abatanze inkunga y’ukwezi kw’impuhwe n’Urukundo yo gufasha abakene
Caritas Kigali irashimira abatanze inkunga y’ukwezi kw’impuhwe n’Urukundo yo gufasha abakene. N’igikorwa cyakozwe n’abantu batandukanye...
Arkidiyosezi ya Kigali irasaba abakristu gutangira kwitegura kubaka Katederali nshya izatangira mu 2026
Arkidiyosezi ya Kigali yasabye abakristu by’umwihariko abo muri iyi Arkidiyosezi gutangira kwitegura no gutanga umusanzu...
Ababishinzwe mubirebe, Kiliziya zuzuje ibisabwa zifungurwe – Cardinal Kambanda
Mu butumwa bwa Noheri, Abepiskopi Gatolika mu Rwanda bongeye gusaba Leta y’u Rwanda gukora ibishoboka...












