Mu rwego rw"umushinga WE ,kuva 9-12/06/2025 i Muhanga muri Hotel Lucerna habereye amahugurwa yerekeranye no gukora ubuvugizi ku bibazo abagenerwabikorwa
Imihindagurikire y’ikirere ni kimwe mu bibazo bikomeye isi ihanganye na byo muri iki kinyejana. Mu Rwanda, ingaruka zabyo zigaragara cyane
Abagenerwabikorwa ba Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro y’Arikidiyosezi ya Kigali 100 bo mu midugudu ya Gatiba na Bushyana, mu kagari ka Bwimo
Abagenerwabikorwa ba Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro muri Arikidiyosezi ya Kigali bo mu karere ka Bugesera guhera taliki ya 27 kugeza 29
Abagenerwabikorwa ba Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro muri Arikidiyosezi ya Kigali tariki 26 Kamena 2025 baturutse mu murenge wa Ngeruka mu tugali
Nyiransengimana Aligentine umwe mu bagenerwabikorwa ba Caritasa Kigali avuga ko imurikabikorwa ry’akarere ka Kicukiro yabashije gucuruza ibyo akora abikuramo inyungu.
Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro muri Arikidiyosezi ya Kigali igira uruhare mu iterambere ry’igihugu aho igenda ifatanya n’uturere dutandukanye mu guteza imbere
Mu kwizihiza umunsi Mpuzamahanga w’Umwana w’Umunyafurika wabereye mu karere ka Bugesera muri Paruwasi yaragijwe Mutagatifu Yohani Batista Ruhuha tariki 26
Kuri uyu wa mbere tariki ya 9 Gicurasi 2025 muri Paruwase ya Gikondo habereye igikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya
Abepiskopi bo mu Rwanda bayobowe na Arkiyepiskopi wa Kigali akaba na Perezida w’Inama y’Abepiskopi mu Rwanda, Antoine Cardinal Kambanda bitabiriye