• Address: KN 3Rd/ KN 1 St, Charity House
  • +250 784 609 286
June 30, 2025

Abantu 30 baturutse mu turere dutandukanye bahuguwe uburyo bakoramo ubuvugizi

Mu rwego rw"umushinga WE ,kuva  9-12/06/2025 i Muhanga muri Hotel Lucerna habereye amahugurwa yerekeranye no gukora ubuvugizi ku bibazo abagenerwabikorwa

June 30, 2025

Bahuguwe uko bahangana n’ibiza

Imihindagurikire y’ikirere ni kimwe mu bibazo bikomeye isi ihanganye na byo muri iki kinyejana. Mu Rwanda, ingaruka zabyo zigaragara cyane

June 30, 2025

Bigishijwe amategeko arengera uwahohotewe

Abagenerwabikorwa ba Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro y’Arikidiyosezi ya Kigali 100 bo mu midugudu ya Gatiba na Bushyana, mu kagari ka Bwimo

June 30, 2025

Mu imurikabikorwa ry’akarere ka Bugesera Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro yamuritse ibyo ikora

Abagenerwabikorwa ba Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro muri Arikidiyosezi ya  Kigali bo  mu karere ka Bugesera guhera  taliki ya 27 kugeza 29

June 30, 2025

Abagenerwabikorwa 58 bakoreye urugendoshuri mu imurikagurisha ry’ubuhinzi n’ubworozi

Abagenerwabikorwa ba Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro muri Arikidiyosezi ya Kigali tariki 26 Kamena 2025 baturutse mu murenge wa Ngeruka  mu tugali

June 29, 2025

Mu imurikabikorwa naracuruje cyane – Umugenerwabikorwa wa Caritas Kigali

Nyiransengimana Aligentine umwe mu bagenerwabikorwa ba Caritasa Kigali avuga ko imurikabikorwa ry’akarere ka Kicukiro yabashije gucuruza ibyo akora abikuramo inyungu.

June 29, 2025

Menya uruhare rwa Komisiyo y’ubutabera mu iterambere ry’akarere ka Rulindo

Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro muri Arikidiyosezi ya Kigali igira uruhare mu iterambere ry’igihugu aho igenda ifatanya n’uturere dutandukanye mu guteza imbere

June 27, 2025

Kwizihiza umunsi w’Umwana w’Umunyafurika ababyeyi bakanguriwe kujyana abana mu ishuri

Mu kwizihiza umunsi Mpuzamahanga w’Umwana w’Umunyafurika wabereye mu karere ka  Bugesera muri Paruwasi yaragijwe Mutagatifu Yohani Batista Ruhuha tariki 26

June 9, 2025

Arkidiyosezi ya Kigali yibutse Abatutsi bazize Jenoside biciwe muri Paruwasi ya Gikondo

Kuri uyu wa mbere tariki ya 9 Gicurasi 2025 muri Paruwase ya Gikondo habereye igikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya

June 3, 2025

Abepisikopi bo mu Rwanda bitabiriye ibirori byo kwizihiza ubuzima bw’abahowe Imana b’i Bugande

Abepiskopi bo mu Rwanda bayobowe na Arkiyepiskopi wa Kigali akaba na Perezida w’Inama y’Abepiskopi mu Rwanda, Antoine Cardinal Kambanda bitabiriye