Butamwa VTC yahuguye abarezi ku gutegura imfashanyigisho
Abarimu n'abakozi ba Butamwa VTC basoje amahugurwa y'iminsi ibiri ku bijyanye no gutegura imfashanyigisho "documents...
Miliyoni 11.238.990 Frw nizo zimaze kuboneka muri Gahunda ya CARITAS IWACU
Mu nteko rusange ya Caritas na Komisiyo y'Ubutabera n'Amahoro ya Arikidiyosezi ya Kigali yateranye tariki...
Baravuga imyato uburyo imyuga yabateje imbere
Ubuhamya butangwa n’abize mu kigo cy’imyuga cya TVET Butamwa bavuga ko kwiga imyuga byababereye umusingi...
Kiliziya igiye gushyira imbaraga mu kwigisha ururimi rw’amarenga
Imwe mu myanzuro yafatiwe mu Nteko Rusange ya Caritas na Komisiyo n'Amahoro muri Arikidiyosezi ya...
Abantu 4.697 bagejejweho serivisi zo gutenganya imbyaro mu buryo bwa kamere
Caritas Kigali ivuga ko mu mwaka wa 2023 na 2024 abantu 4.697 bagejejweho serivisi zo...
Abahagarariye abakuru b’Abihayimana mu RWANDA batanze imfashanyo mu magororero
Tariki ya 30 Mutarama 2025 abahagarariye abakuru b’Abihayimana mu RWANDA bafatanyije na Caritas Kigali, na...
Amavuriro 8 yo muri Arikidiyosezi ya Kigali amaze kubakwamo Chapelle
Mu rwego rwo gutanga serivisi zuzuye mu buzima kuri roho no ku mubiri, ubu mu...
Abagenerwabikorwa ba Caritas bahererekanyije amatungo afite agaciro ka 21.740.000 Frw
Muri gahunda yo guteza imbere ubuhinzi n’ubworozi, Caritas zo muri Paruwasi zahererekanyije amatungo afite agaciro...
Yubatse inzu abikesha kuba mu Kimina kidasesa
Abagenerwabikorwa ba na Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro muri Arikidiyosezi bavuga ko Ibimina bidasesa byabafashije kwiteza imbere...
Abakobwa 79 babyariye Iwabo bahawe ikiganiro kibafasha guhindura imibereho
Abakobwa 79 bo muri Paruwasi ya Kigarama muri Arikidiyosezi ya Kigali bahuguwe ku mibereho yabo...
Yatangiriye ku gishoro cy’ibihumbi 40 none ageze ku mitungo ifite agaciro gasaga Miliyoni 9
Umubyeyi witwa Nyirankundiye Leonie wo mu karere ka Nyarugenge mu murenge wa Kigali mu buhamya...
Papa Fransisiko ahangayikishijwe n’ibibazo by’umutekano muke urangwa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo
Papa Fransisiko yatangaje ko ahangayikishijwe n'ibibazo by'umutekano muke bikomeje kugaragara muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya...