• Address: KN 3Rd/ KN 1 St, Charity House
  • +250 784 609 286

Actualités

Abantu 30 baturutse mu turere dutandukanye bahuguwe uburyo bakoramo ubuvugizi

Mu rwego rw"umushinga WE ,kuva  9-12/06/2025 i Muhanga muri Hotel Lucerna habereye amahugurwa yerekeranye no...

Bahuguwe uko bahangana n’ibiza

Imihindagurikire y’ikirere ni kimwe mu bibazo bikomeye isi ihanganye na byo muri iki kinyejana. Mu...

Bigishijwe amategeko arengera uwahohotewe

Abagenerwabikorwa ba Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro y’Arikidiyosezi ya Kigali 100 bo mu midugudu ya Gatiba na...

Mu imurikabikorwa ry’akarere ka Bugesera Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro yamuritse ibyo ikora

Abagenerwabikorwa ba Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro muri Arikidiyosezi ya  Kigali bo  mu karere ka Bugesera guhera ...

Abagenerwabikorwa 58 bakoreye urugendoshuri mu imurikagurisha ry’ubuhinzi n’ubworozi

Abagenerwabikorwa ba Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro muri Arikidiyosezi ya Kigali tariki 26 Kamena 2025 baturutse mu...

Mu imurikabikorwa naracuruje cyane – Umugenerwabikorwa wa Caritas Kigali

Nyiransengimana Aligentine umwe mu bagenerwabikorwa ba Caritasa Kigali avuga ko imurikabikorwa ry’akarere ka Kicukiro yabashije...

Menya uruhare rwa Komisiyo y’ubutabera mu iterambere ry’akarere ka Rulindo

Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro muri Arikidiyosezi ya Kigali igira uruhare mu iterambere ry’igihugu aho igenda ifatanya...

Kwizihiza umunsi w’Umwana w’Umunyafurika ababyeyi bakanguriwe kujyana abana mu ishuri

Mu kwizihiza umunsi Mpuzamahanga w’Umwana w’Umunyafurika wabereye mu karere ka  Bugesera muri Paruwasi yaragijwe Mutagatifu...

Arkidiyosezi ya Kigali yibutse Abatutsi bazize Jenoside biciwe muri Paruwasi ya Gikondo

Kuri uyu wa mbere tariki ya 9 Gicurasi 2025 muri Paruwase ya Gikondo habereye igikorwa...

Abepisikopi bo mu Rwanda bitabiriye ibirori byo kwizihiza ubuzima bw’abahowe Imana b’i Bugande

Abepiskopi bo mu Rwanda bayobowe na Arkiyepiskopi wa Kigali akaba na Perezida w’Inama y’Abepiskopi mu...

Kiliziya Gatolika mu rugamba rwo kurwanya inda ziterwa abangavu

Inda ziterwa abangavu ni ikibazo gihangayikishije sosiyete nyarwanda, kuko giteza ingaruka nyinshi ku buzima, uburezi...

Isuku nke yo mu kanwa ishobora gutera indwara y’umutima

Abahanga mu buvuzi bw'amenyo bavuga ko kutoza amaenyo neza kandi buri munsi bishobora kuba intandaro...