Barasaba Leta kugabanya ikiguzi cyo kwiga Ubuforomo
Ababyeyi barerera mu mashuri yigisha Ubuforomo n’Ububyaza, basaba Leta kugabanya ikiguzi cy’uburezi, kugira ngo bunganire...
Turashima uruhare rw’abaforomo n’ababyaza mu kuramira ubuzima bw’abantu- Antoine Cardinal Kambanda
Mu gutanga impamyabumenyi ku baforomo n’ababyaza mu birori byabaye tariki 21 Gashyantare 2025 Antoine Cardinal...
Umuvugizi w’Ingabo zirinda Papa yabeshyuje amakuru avuga ku muhango wo kumushyingura
Kaporali Eliah Cinotti, Umuvugizi w'Ingabo zirinda Papa, yabeshyuje amakuru yavuzwe kuri izi ngabo ko zaba...
Abasenateri bifuje ko Butamwa TVET School yongerwamo andi mashami y’imyuga
Uruzinduko Abasenateri bagiriye mu ishuri rya Butamwa TVET School basanze rikwiriye kongerwamo andi mashami ndetse...
Ruli : Ku Munsi mpuzamahanga wo kwita ku barwayi hakusanyijwe asaga Miliyoni
Mu kwizihiza umunsi mpuzamahanga wo kwita ku barwayi kuri iki cyumweru mu Bitaro bya Ruli...
Ubutumwa bwa Papa Fransisko ku munsi mpuzamahanaga w’abarwayi
Tariki ya 9 buri mwaka hizihizwa umunsi mpuzamahanga w’abarwayi, Kuri iki cyumweru tariki ya 9...
Butamwa VTC yahuguye abarezi ku gutegura imfashanyigisho
Abarimu n'abakozi ba Butamwa VTC basoje amahugurwa y'iminsi ibiri ku bijyanye no gutegura imfashanyigisho "documents...
Miliyoni 11.238.990 Frw nizo zimaze kuboneka muri Gahunda ya CARITAS IWACU
Mu nteko rusange ya Caritas na Komisiyo y'Ubutabera n'Amahoro ya Arikidiyosezi ya Kigali yateranye tariki...
Baravuga imyato uburyo imyuga yabateje imbere
Ubuhamya butangwa n’abize mu kigo cy’imyuga cya TVET Butamwa bavuga ko kwiga imyuga byababereye umusingi...
Kiliziya igiye gushyira imbaraga mu kwigisha ururimi rw’amarenga
Imwe mu myanzuro yafatiwe mu Nteko Rusange ya Caritas na Komisiyo n'Amahoro muri Arikidiyosezi ya...
Abantu 4.697 bagejejweho serivisi zo gutenganya imbyaro mu buryo bwa kamere
Caritas Kigali ivuga ko mu mwaka wa 2023 na 2024 abantu 4.697 bagejejweho serivisi zo...
Abahagarariye abakuru b’Abihayimana mu RWANDA batanze imfashanyo mu magororero
Tariki ya 30 Mutarama 2025 abahagarariye abakuru b’Abihayimana mu RWANDA bafatanyije na Caritas Kigali, na...