September 1, 2026
Arikidiyosezi ya Kigali yashyizeho Ikigo cy’Ubwiyunge bwuzuye n’Ubushakashatsi, mu rwego rwo gukomeza ibikorwa by’isanamitima no gufasha mu gukira ibikomere by’amateka,
September 1, 2026
Antoine Cardinala Kambanda yavuze ko umusaruro w’imyaka 50 ya Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro muri Arikidiyosezi ya Kigali udakwiye gupimirwa gusa ku
August 31, 2026
Cardinal Antoine Kambanda yavuze ko Caritas ya Arikidiyosezi ya Kigali atari umuryango usanzwe utanga imfashanyo, ahubwo ko ari igikorwa cy’urukundo
August 31, 2026
Musenyeri Jean Marie Vianney Nsengumuremyi, wari Igisonga cy’Umwepiskopi wa Diyosezi ya Nyundo, yitabye Imana ku gicamunsi cyo ku wa 30
August 30, 2026
Nyiricyubahiro Antoine Cardinal Kambanda yasabye abakirisitu n’abandi bose kugira uruhare mu kubungabunga ibidukikije, birinda ibikorwa bibyangiza kandi bakarangwa n’urukundo no
August 30, 2026
Caritas Kigali na Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro (CDJP) muri Arikidiyosezi ya Kigali bizihije Yubile y’imyaka 50 bamaze bakora ibikorwa bigamije gufasha
August 28, 2026
Padiri Donatien Twizeyumuremyi, uyobora Caritas Kigali na Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro muri Arikidiyosezi ya Kigali, yasabye Abakirisitu kurangwa n’urukundo, ineza n’umutima
August 28, 2026
Rwagasore Elias ni umwe mu bagenerwabikorwa ba Caritas Kigali bavuga ko ibikorwa by’urukundo n’impuhwe by’iyi gahunda byagize uruhare rukomeye mu
August 15, 2026
Francine Mukeshimana ni umwe mu bitabiriye kwizihiriza uyu munsi mukuru w’Ijyanwa mu ijuru rya Bikira Mariya i Kibeho, avuga ko
July 26, 2026
Abakirisitu Gatolika bo muri Paruwasi zitandukanye zigize Arikidiyosezi ya Kigali, kuri iki Cyumweru bifatanyije n'Isi yose kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga wa