• Address: KN 3Rd/ KN 1 St, Charity House
  • +250 784 609 286
July 23, 2024

Kubera iki ukwezi ku urukundo n’impuhwe Abepisikopi bahisemo ko kuba mu kwa munani

Abepisikopi baganira ku kwezi k’urukundo n‘impuhwe, basanze ukwezi kwa munani mu gihugu cy’u Rwanda, ari ukwezi abaturage benshi baba babonye

July 22, 2024

Padiri Salvain Ndayizeye Habiyambere yitabye Imana

Padiri Salvain Ndayizeye Habiyambere, wo muri Diyosezi Gatolika ya Byumba wari urwariye mu bitaro bya CHUK, yitabye Imana ku cyumweru

July 19, 2024

Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro yamurikiye abagenerwabikorwa Isoko yabubakiye

Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro muri Arikidiyosezi ya Kigali kuri uyu wa Gatanu tariki 19 Nyakanga 2024 mu karere ka Bugesera yamurikiye

July 12, 2024

Hafunguwe Ishami ry’Ubuforomo n’Ububyaza muri St Paul

Kuri uyu wa Gatanu tariki 12 Nyakanga 2024, habaye umuhango wo gufungura ku mugaragaro ishami ry’ishuri ry’ubuzima rya Ruli( Ruli

July 11, 2024

Padiri Felicien Hategekimana yashyinguwe mu cyubahiro

Kuri uyu wa kane tariki 11 Nyakanga 2024 nibwo Padiri Padiri Felicien Hategekimana yasezweho bwa nyuma ashyingurwa mu cyubahiro mu

June 30, 2024

Hakomeje ibikorwa byo gushishikariza abantu kwigomwa gufasha abakene mu kwezi kw’Impuhwe n’Urukundo

Ibikorwa by’ukwezi k’Urukundo n’impuhwe biba mu kwezi kwa 8 bikaba ari ukwezi ko kwitagatifurizamo kwashyizweho na caritas mu rwego rwo

June 30, 2024

Abagenerwabikorwa 100 bahuguwe guhinga bya kijyambere no kurwanya isuri

Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro muri Arikidiyosezi ya Kigali yahuguye abaturage 100 ifasha bo mu karere ka Bugesera gutera ibiti barwanya Isuri

June 30, 2024

Kuhira bakoresheje imirasire y’Izuba byabongereye umusaruro

Abaturage bo mu karere ka Bugesera baterwa inkunga na Komisiyo y’ubutabera n’Amahoro muri Arikidiyosezi ya Kigali bavuga ko kuhira imyaka

June 30, 2024

Menya uruhare rwa Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro muri Arikidiyosezi mu iterambere ry’akarere ka Bugesera

Komisiyo y'Ubutabera n'Amahoro muri Arikidiyosezi ya Kigali igira uruhare mu bikorerwa umuturage ikaba ari umufatanyabikorwa w’akarere ka Bugesera mu bikorwa

June 30, 2024

Mu mafoto : Ibyaranze icyumweru cyo kwita ku mikurire y’abana mu karere ka Gakenke

Nk’umwe mu bafatanyabikorwa b’imena mu kurwanya igwingira n’imirire mibi mu bana mu turere twa Rulindo na  Gakenke Caritas Kigali yifatanyije