Hasozwa icyumweru cy’Uburezi muri Arkidiyosezi ya KIGALI ababyeyi bakanguriwe kujyana abana bafite ubumuga mu mashuri. Ibirori bisoza icyumweru cy'uburezi Gatolika
Antoine Cardinal Kambanda, Arikiyepiskopi wa Kigali, arashimira Imana yahaye Kiliziya Papa Leo XIV, yemeza ko Kiliziya ibonye umuyobozi ukenewe muri
Ku mugoroba wo ku itariki ya 8 Gicurasi 2025, Kardinali Robert Francis Prevost yatorewe kuba Papa wa 267, ahitamo gukoresha
Mu matora ya Papa yari amaze iminsi ibiri abera i Vatican muri Chapeli Sistine, Umunyamerika Robert Francis ni we utorewe
Muri Chapeli yitwa Sistine, ahabera umwiherero (Conclave) w’Abakaridinali batora Papa, igikorwa kiba kuri uyu wa Gatatu tariki 07 Mata 2025,
Muri Paruwasi ya Ruli tariki 2 Gicurasi 2025 ku bufatanye n'abafatanyabikorwa ba Paruwasi binyuze muri Komisiyo y'iterambere rya muntu ryuzuye
Ibikorwa by’ubumwe b’ubwiyunge muri Kiliziya Gatolika mu Rwanda bishyirwa mu ngiro kandi bigakurikiranwa na Komisiyo Y’ubutabera N’amahoro mu nama Y’abepiskopi
Abagenerwabikorwa ba Komisiyo y'Ubutabera n'Amahoro muri arikidiyosezi ya Kigali bo mu karere ka Rulindo bahuguwe ku ihame ry'uburinganire n'ubwuzuzanye ndetse
Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente avuga ko bimwe mu byo u Rwanda ruzibukira kuri Papa washyinguwe kuri uyu wa Gatandatu
Mu muhango wo gushyingura Papa Francis kuri wa Gatandatu, tariki ya 26 Mata 2025 Kardinali Giovanni Battista Re, umuyobozi w'Inteko