Bakirisitu bavandimwe, muryango w’Imana, ukwezi k’Urukundo n’Impuhwe n’igihe umukirisitu Gatolika by’umwihariko n’undi muntu wese w’umutima mwiza yashyiriweho n’abayobozi ba Kiliziya
Ku wa 17 Kanama 2025, hatashywe ku mugaragaro agace kubatswemo ishusho yitiriwe umubyeyi Bikira Mariya w’i Kibeho muri Leta Zunze
Abahinzi bo mu karere ka Bugesera mu murenge wa Ngeruka baterwa inkunga na Komisiyo y'Ubutabera n'Amahoro muri Arkidiyosezi ya Kigali
Ku cyumweru tariki ya 15 Kamena 2025, ni bwo Floribert Bwana Chui Bin Kositi ukomoka i Goma muri Repubulika ya
Minisitiri w’Intebe, Dr. Nsengiyumva Justin, yasabye Abepiskopi Gatolika muri Afurika kurushaho kugira uruhare mu gukemura ibibazo byugarije uyu Mugabane birimo
Kuri uyu wa kane tariki ya 31 Nyakanga 2025 Inama y’Ihuriro ry’Inama z’Abepisikopi b’Afurika na Madagascar SECAM yatangiye imirimo yayo
Ubuhamya butangwa n’Abageze mu zabukuru Ntihabose Anastase w’imyaka 100 n’umufasha we Mbabajende Anastasie nawe w’imyaka 100 batuye mu murenge wa
Abagize Komite y’amatsinda yo kubitsa no kugurizanya aterwa inkunga na Caritas Kigali basabwe gukurikirana imikorere yayo kugira ngo ibibazo birimo
Abakobwa babyariye iwabo bo muri Paruwasi ya Kabuye bagiye gutangira imishinga iciriritse ibyara inyungu mu rwego rwo kwiteza imbere hamwe
Harabura iminsi ibiri gusa Ihuriro ry'Inama z'Abepiskopi muri Afurika na Madagasikari, rigahimbariza isabukru y'imyaka 56 mu Rwanda, mu nteko rusange