Du 30 septembre au 9 octobre 2025, Mme Monika Ségur-Cabanac, Directrice des Projets Internationaux de Missio Autriche, a effectué une
Kuva tariki 30 Nzeri kugeza tariki ya 9 Ukwakira 2025 Madamu Monika Ségur-Cabanac, Umuyobozi w’Imishinga Mpuzamahanga muri Missio Autriche, yagiriye
Nk’uko babyivugira abagenerwabikorwa ba Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro muri Arikidiyosezi ya Kigali bavuga ko guhinga mu buryo bwa Gakondo byabakeneshaga ariko
Ubuhamya butandukanye bw’abavuye mu buzima bwo mu muhanda butanga ikizere ko abakiwurimo bavamo abagabo. Mu minsi ishize hatambutse ubuhamya bw’umusaserodoti
Abagenerwabikora ba Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro muri Arikidiyosezi ya Kigali bo mu murenge Ngeruka, Akagali Rutonde bavuga ko nyuma yo guhabwa
Ibyiciro by’abantu batandukanye bahuguwe ku ihame ry’uburinganire n’ubwuzuzanye bavuga ko byabafashije kwisobanukirwa ndetse ihohoterwa bakorerwaga riragabanuka bitewe no guhindura imyumvire.
Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro muri Arikidiyosezi ya Kigali (CDJP) ku bufatanye n’akarere ka Gakenke bagiranye ibiganiro n’abafashamyumvire bo muri aka karere
Umuhamya butangwa n’abarangije mu ishuri rya Butamwa VTC rya arikidiyosezi ya Kigali bavuga ko amahirwe yo kwiga imyuga atuma bahita
Abantu batandukanye bagira ibikomere batewe n’impamvuzi zirimo guhemukirwa nabo bakundaga, kubura imiryango yabo n’ibindi bibambura ibyishimo. Kubera amateka u Rwanda
Abagenerwabikorwa ba Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro muri Arkidiyosezi ya Kigali bo mu karere ka Bugesera mu murenge wa Ngeruka baravuga ko