• Address: KN 3Rd/ KN 1 St, Charity House
  • +250 784 609 286
August 20, 2025

Dusobanukirwe Ukwezi kw’impuhwe n’Urukundo icyo aricyo

Bakirisitu bavandimwe, muryango w’Imana, ukwezi k’Urukundo n’Impuhwe n’igihe umukirisitu Gatolika by’umwihariko n’undi muntu wese w’umutima mwiza yashyiriweho n’abayobozi ba Kiliziya

August 18, 2025

Bikira Mariya w’i Kibeho yubakiwe ishusho muri Amerika

Ku wa 17 Kanama 2025, hatashywe ku mugaragaro agace kubatswemo ishusho yitiriwe umubyeyi Bikira Mariya w’i Kibeho muri Leta Zunze

July 31, 2025

Kubakirwa Isoko byatumye nta musaruro ucyangirikira – Abagenerwabikorwa ba CDJP

Abahinzi bo mu karere ka Bugesera mu murenge wa Ngeruka baterwa inkunga na Komisiyo y'Ubutabera n'Amahoro muri Arkidiyosezi ya Kigali

July 31, 2025

Floribert Bwana Chui Bin Kositi uvuka i Goma yashyizwe mu rwego rw’abahire ni muntu ki?

Ku cyumweru tariki ya 15 Kamena 2025, ni bwo Floribert Bwana Chui Bin Kositi ukomoka i Goma muri Repubulika ya

July 31, 2025

U Rwanda rwasabye Kiliziya Gatolika kurushaho kugira uruhare mu gukemura ibibazo byugarije Afurika

Minisitiri w’Intebe, Dr. Nsengiyumva Justin, yasabye Abepiskopi Gatolika muri Afurika kurushaho kugira uruhare mu gukemura ibibazo byugarije uyu Mugabane birimo

July 31, 2025

U Rwanda rwakiriye ihuriro ry’Inama y’Abepisikopi b’Afurika na Madagascar SECAM ku nshuro ya mbere

Kuri uyu wa kane tariki ya 31 Nyakanga 2025 Inama y’Ihuriro ry’Inama z’Abepisikopi b’Afurika na Madagascar SECAM yatangiye imirimo yayo

July 30, 2025

Kubaka ni Ukoroherana – Ubuhamya bw’abagize imyaka 100 babana

Ubuhamya butangwa n’Abageze mu zabukuru Ntihabose Anastase w’imyaka 100 n’umufasha we Mbabajende Anastasie nawe w’imyaka 100 batuye mu murenge wa

July 30, 2025

Abagize Komite z’amatsinda yo kuzigama no kugurizanya basabwe gukemura ibibazo biyagaragaramo

Abagize Komite y’amatsinda yo kubitsa no kugurizanya aterwa inkunga na Caritas Kigali basabwe gukurikirana imikorere yayo kugira ngo ibibazo birimo

July 30, 2025

Tugiye gutangira gukora ubucuruzi buciriritse-Abakobwa babyariye iwabo

Abakobwa babyariye iwabo bo muri Paruwasi ya Kabuye bagiye gutangira imishinga iciriritse ibyara inyungu mu rwego rwo kwiteza imbere hamwe

July 28, 2025

Menya Amateka ku Ihuriro ry’Abepiskopi muri Afurika rigiye guteranira mu Rwanda

Harabura iminsi ibiri gusa Ihuriro ry'Inama z'Abepiskopi muri Afurika na Madagasikari, rigahimbariza isabukru y'imyaka 56 mu Rwanda, mu nteko rusange