• Address: KN 3Rd/ KN 1 St, Charity House
  • +250 784 609 286
July 27, 2025

Kiliziya yarakoze kudutekerezaho ikadushyiriraho umunsi nyirizina wo kutuzirikana – Abageze mu zabukuru

Ba Sogokuru, ba Nyogokuru n’abageze mu za Bukuru bo muri Paruwasi ya Ruli mu gikorwa cyo kwizihiza umunsi mpuzamahanga wabo

July 27, 2025

Ruli:Bishimiye uburyo Kiliziya yabazirikanye ku munsi mpuzamahanga wa ba Sogokuru, ba Nyogokuru n’abageze mu za Bukuru

Ba Sogokuru, ba Nyogokuru n’abageze mu za Bukuru bo muri Paruwasi ya Ruli mu karere ka Gakenke bishimiye uburyo Caritas

July 26, 2025

Ndashimira Caritas yanyubakiye inzu yo kubamo- Yankurije

Yankurije Alphonsine wo muri Paruwasi ya Ruli ashimira Caritas yamwubakiye inzu yo kubamo ubu akaba abayeho adasembera. Uyu mubyeyi yashyikirijwe

July 26, 2025

Ubutumwa bugenewe Abakristu mu kwezi k’urukundo n’impuhwe, Kanama 2025

Bakristu, bavandimwe, Tumaze kumenyera ko mu kwezi kwa munani kwa buri mwaka dukangurirwa ibikorwa by'urukundo n'impuhwe nk'uko byagenwe n'Inama y'Abepiskopi

July 26, 2025

Ubutumwa bwa Nyirubutungane Papa Leon XIV bujyanye n’umunsi mpuzamahanga wa ba Sogokuru, ba Nyogokuru n’abageze mu za Bukuru

Papa Leon XIV yageneye ubutumwa abageze mu zabukuru wizihizwa ku nshuro ya 5, ku ya 27 Nyakanga 2025 “Hahirwa umuntu

July 21, 2025

Amatorero n’Amadini yarebeye hamwe uburyo umuryango warushaho kubaho utekanye

Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro ya Arikidiyosezi ya Kigali yitabiriye inama yiga ku iyubahirizwa ry’ uburinganire n'ubwuzuzanye ndetse n’icyakorwa kugira ngo habeho

June 30, 2025

Abantu 30 baturutse mu turere dutandukanye bahuguwe uburyo bakoramo ubuvugizi

Mu rwego rw'umushinga WE ,kuva  9-12/06/2025 i Muhanga muri Hotel Lucerna habereye amahugurwa yerekeranye no gukora ubuvugizi ku bibazo abagenerwabikorwa

June 30, 2025

Bahuguwe uko bahangana n’ibiza

Inzego zitandukanye zo mu murenge wa Ngeruka mu karere ka Bugesera bunguranye inama ku guhangana no gukumira ibiza biterwa n'imihindagurikire

June 30, 2025

Bigishijwe amategeko arengera uwahohotewe

Abagenerwabikorwa ba Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro y’Arikidiyosezi ya Kigali 100 bo mu midugudu ya Gatiba na Bushyana, mu kagari ka Bwimo

June 30, 2025

Mu imurikabikorwa ry’akarere ka Bugesera Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro yamuritse ibyo ikora

Abagenerwabikorwa ba Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro muri Arikidiyosezi ya  Kigali bo  mu karere ka Bugesera guhera  taliki ya 27 kugeza 29