• Address: KN 3Rd/ KN 1 St, Charity House
  • +250 784 609 286
May 31, 2025

Caritas Iwacu: Gahunda yo Gufasha Abatishoboye no Kubaka Ubumwe bw’Abanyarwanda

Caritas Iwacu ni gahunda yashyizweho na Caritas Kigali ifatanyije na Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro (CDJP), igamije gufasha abakene n’abatishoboye mu miryango

May 31, 2025

Kongerera Abangavu Ubumenyi n’Ubushobozi n’Intwaro Ikomeye mu Kurwanya Ihohoterwa

Mu gihe isi ihanganye n’ikibazo cy’ihohoterwa rishingiye ku gitsina, cyane cyane rikorerwa abana b’abakobwa, guhugura abangavu no kubongerera ubushobozi byagaragaye

May 31, 2025

Gusoza icyumweru cy’Uburezi ababyeyi bakanguriwe kujyana abana bafite ubumuga mu mashuri

Hasozwa icyumweru cy’Uburezi muri Arkidiyosezi ya KIGALI ababyeyi bakanguriwe kujyana abana bafite ubumuga mu mashuri. Ibirori bisoza icyumweru cy'uburezi Gatolika

May 21, 2025

Turashimira Imana yaduhaye Papa ukenewe muri iki gihe – Cardinal Kambanda

Antoine Cardinal Kambanda, Arikiyepiskopi wa Kigali, arashimira Imana yahaye Kiliziya Papa Leo XIV, yemeza ko Kiliziya ibonye umuyobozi ukenewe muri

May 9, 2025

Ibyo wamenya kuri Papa Leon XIV, watorewe kuba umushumba wa Kiliziya Gatolika

Ku mugoroba wo ku itariki ya 8 Gicurasi 2025, Kardinali Robert Francis Prevost yatorewe kuba Papa wa 267, ahitamo gukoresha

May 8, 2025

Cardinal Robert Francis atorewe kuba Papa afata izina rya Leon XIV

Mu matora ya Papa yari amaze iminsi ibiri abera i Vatican muri Chapeli Sistine, Umunyamerika Robert Francis ni we utorewe

May 7, 2025

Vatican: Urwambariro rwa Papa mushya rwamaze gutegurwa

Muri Chapeli yitwa Sistine, ahabera umwiherero (Conclave) w’Abakaridinali batora Papa, igikorwa kiba kuri uyu wa Gatatu tariki 07 Mata 2025,

May 7, 2025

Ruli : Abakirisitu 12 borojwe ingurube

Muri Paruwasi ya Ruli tariki 2 Gicurasi 2025 ku bufatanye n'abafatanyabikorwa ba Paruwasi binyuze muri Komisiyo  y'iterambere rya muntu ryuzuye

April 30, 2025

Menya uruhare rwa kiliziya Gatolika mu bikorwa by’ubumwe n’ubwiyunge

Ibikorwa by’ubumwe b’ubwiyunge muri Kiliziya Gatolika mu Rwanda bishyirwa mu ngiro kandi bigakurikiranwa na Komisiyo Y’ubutabera N’amahoro mu nama Y’abepiskopi

April 30, 2025

Bahuguwe ku Ihame ry’uburinganire n’ubwuzuzanye

Uburinganire n’ubwuzuzanye hagati y’umugore n’umugabo ni ihame ry’ingenzi rigamije kwimakaza uburenganzira, amahirwe angana n’agaciro ka buri wese mu muryango no