• Address: KN 3Rd/ KN 1 St, Charity House
  • +250 784 609 286
May 18, 2024

Arikidiyosezi ya Kigali yibutse ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 biciwe kuri Paruwasi ya Musha

Mu karere ka Rwamagana kuri Paruwasi ya Musha tariki 17 Gicurasi 2024 Arikidiyosezi ya Kigali yibutse ku ncuro ya 30

May 17, 2024

Abiga mu ishuri rya Butamwa TVET School basabwe kwirinda icyakurura amacakuburi mu banyarwanda

Mu gikorwa cyo Kwibuka Abatutsi bishwe muri Jenoside 1994 abanyeshuri biga mu ishuri rya Butamwa TVET School basabwe kwirinda amacakubiri 

May 11, 2024

Bumbogo : Abagize Komite ya Caritas na Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro biyemeje gushyira mu bikorwa gahunda ya Caritas Iwacu

Abagize Komite ya Caritas na Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro muri Arikidiyosezi ya Kigali batuye Bumbogo mu karere ka Gasabo biyemeje gushyira

May 10, 2024

Abangavu 60 bahuguwe ku gukumira no kurwanya ihohotera rishingiye ku gitsina

Mu rwego rw'umushinga ugamije kongerera ubushobozi abagore ngo bagire uruhare mu nzego zifata ibyemezo ushyirwa mu bikorwa na CDJP ya

May 9, 2024

Abanyeshuri baremeye mugenzi wabo uherutse gupfusha umubyeyi agwiriwe n’inzu

Mu rwego rwo gukomera ku muco wo  gufashanya abanyeshuri biga mu mwaka wa kane muri G.SC. Shyorongi basuye banaremera mugenzi

May 8, 2024

Paruwasi ya Ruhuha yibutse inasabira Abatutsi bishwe muri Jenoside

Paruwasi ya Ruhuha bibutse banunamira ku nshuro 30 Abatutsi bishwe muri Jenoside batura n'igitambo cya Misa cyo kubasabira Padiri mukuru

April 30, 2024

Abapadiri bakuru ba za Paruwasi bashakiye hamwe igisubizo cyo kuvana abatishoboye mu bukene

Mu nama yahuje Abapadiri bakuru ba Paruwasi muri Arikidiyosezi ya Kigali bigira hamwe uburyo bakura abatishoboye mu bukeneye bashimye gahunda

April 30, 2024

Abagize umuryango bahuguwe ku ihame ry’uburinganire n’ubwuzuzanye hagati y’ibitsina byombi

Mu rwego rw'umushinga wo kongerera ubushobozi abagore ngo bagire uruhare mu nzego zifata ibyemezo ushyirwa mu bikorwa na CDJP ya

April 30, 2024

Abagize Komite ya Caritas na CDJP muri Arikidiyosezi ya Kigali barebeye hamwe impamvu y’amakimbirane mu ngo

Abagize Komite ya Caritas na Komisiyo y'Ubutabera n'Amahoro (CDJP) muri Arikidiyosezi ya Kigali, tariki 6 Mata 2024 bakoze inama bungurana

April 30, 2024

Abakirisitu bo muri Paruwasi ya Munyaga bigishijwe guteganya imbyaro hakoreshejwe uburyo bwa kamere

Mu rwego rwo gukomeza gushyigikira gahunda yo guteganya urubyaro Abakirisitu bo muri Paruwasi ya Munyana bahawe ibiganiro kuri gahunda yo