Ku gasozi kitwa Ibanga ry’Amahoro mu Murenge wa Gihundwe mu Karere ka Rusizi, hatashywe ikibumbano kiri mu ishusho ya nyakwigendera
Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro ya Arikidiyosezi ya Kigali ku bufatanye n’akarere ka Nyarugenge bagiranye ibiganiro n'Abayobozi banyuranye, Abanyamadini, Amatorero, Abarinzi b'igihango,
Imwe mu myumvire ishingiye ku muco ishobora kubangamira ihame ry’Uburinganire n’ubwuzuzanye hagati y’abashakanye iyo hari umwe muri bo uyitsimbarayeho. Kugira
Diyosezi ya Gikongoro inagenzura ingoro ya Bikira Mariya iri i Kibeho mu karere ka Nyaruguru yatangaje ko ikeneye miliyari 3.5
Umushumba wa Kiliziya Gatolika Papa Francis ntakitabiriye inama ya COP28 itegurwa na UN guhera mu 1995, ikaba ari inama yiga
Tariki ya 25 Ugushyingo 2023 kuri Paroisse Rutongo hizihijwe ku nshuro ya 7 umunsi mpuzamahanga w'umukene. Nyuma y'Igitambo cya Misa
Tariki 23 Ugushyingo 2023 Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro ya Arikidiyosezi ya Kigali yagiranye inama nyunguranabitekerezo n'abafatanyabikirwa b'akarere ka Rulindo bafite inshingano
Tariki ya 19 Ugushyingo buri mwaka Kiliziya Gatolika yizihiza umunsi w'umukene Uyu munsi wizihijwe muri za Paruwasi zose za Arikidiyosezi
Icyumweru cya 33 Gisanzwe 19 Ugushyingo 2023 «Ntihazagire umukene n’umwe wirengagiza» (Tobi 4, 7) Bavandimwe, 1. Umunsi mpuzamahanga w’abakene, nk’ikimenyetso
Arkiyepiskopi wa Kigali, Antoine Cardinal Kambanda, yasabye abagororwa bafungiwe muri Gereza Nyarugenge iherereye i Mageragere kurangwa n’ibikorwa by’urukundo kuri bagenzi