Muri Chapeli yitwa Sistine, ahabera umwiherero (Conclave) w’Abakaridinali batora Papa, igikorwa kiba kuri uyu wa Gatatu tariki 07 Mata 2025,
Muri Paruwasi ya Ruli tariki 2 Gicurasi 2025 ku bufatanye n'abafatanyabikorwa ba Paruwasi binyuze muri Komisiyo y'iterambere rya muntu ryuzuye
Ibikorwa by’ubumwe b’ubwiyunge muri Kiliziya Gatolika mu Rwanda bishyirwa mu ngiro kandi bigakurikiranwa na Komisiyo Y’ubutabera N’amahoro mu nama Y’abepiskopi
Abagenerwabikorwa ba Komisiyo y'Ubutabera n'Amahoro muri arikidiyosezi ya Kigali bo mu karere ka Rulindo bahuguwe ku ihame ry'uburinganire n'ubwuzuzanye ndetse
Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente avuga ko bimwe mu byo u Rwanda ruzibukira kuri Papa washyinguwe kuri uyu wa Gatandatu
Mu muhango wo gushyingura Papa Francis kuri wa Gatandatu, tariki ya 26 Mata 2025 Kardinali Giovanni Battista Re, umuyobozi w'Inteko
Amategeko ya Kiliziya Gatolika ateganya ko hari ibigomba gukorwa mu gihe cyo gutora Umushumba Mukuru wa Kiliziya Gatolika ku Isi
Abagenerwabikorwa 31 bo mu tugali twa Gihembe na Nyakayenzi mu murenge wa Ngeruka mu karere ka Bugesera mu mushinga wa
Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere wa Pasika nibwo inkuru yabaye ikimenyabose ko uwari Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku
Nyiricyubahiro Antoine Cardinal KAMBANDA, Arikiyepiskopi wa Kigali akaba na Perezida w'Inama y'Abepisikopi Gatolika mu Rwanda yasobanuye uko bigenda nyuma yo