• Address: KN 3Rd/ KN 1 St, Charity House
  • +250 784 609 286
May 7, 2025

Vatican: Urwambariro rwa Papa mushya rwamaze gutegurwa

Muri Chapeli yitwa Sistine, ahabera umwiherero (Conclave) w’Abakaridinali batora Papa, igikorwa kiba kuri uyu wa Gatatu tariki 07 Mata 2025,

May 7, 2025

Ruli : Abakirisitu 12 borojwe ingurube

Muri Paruwasi ya Ruli tariki 2 Gicurasi 2025 ku bufatanye n'abafatanyabikorwa ba Paruwasi binyuze muri Komisiyo  y'iterambere rya muntu ryuzuye

April 30, 2025

Menya uruhare rwa kiliziya Gatolika mu bikorwa by’ubumwe n’ubwiyunge

Ibikorwa by’ubumwe b’ubwiyunge muri Kiliziya Gatolika mu Rwanda bishyirwa mu ngiro kandi bigakurikiranwa na Komisiyo Y’ubutabera N’amahoro mu nama Y’abepiskopi

April 30, 2025

Bahuguwe ku Ihame ry’uburinganire n’ubwuzuzanye

Abagenerwabikorwa ba Komisiyo y'Ubutabera n'Amahoro muri arikidiyosezi ya Kigali bo mu karere ka Rulindo bahuguwe ku ihame ry'uburinganire n'ubwuzuzanye ndetse

April 26, 2025

Papa Francis azibukirwa kuba yaragaragaje ubushake bwo kuzahura umubano wa Kiliziya Gatolika n’u Rwanda – Minisitiri w’Intebe

Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente avuga ko bimwe mu byo u Rwanda ruzibukira kuri Papa washyinguwe kuri uyu wa Gatandatu

April 26, 2025

Papa Francis yashyinguwe

Mu muhango wo gushyingura Papa Francis kuri wa Gatandatu, tariki ya 26 Mata 2025 Kardinali Giovanni Battista Re, umuyobozi w'Inteko

April 23, 2025

Menya uko Papa atorwa

Amategeko ya Kiliziya Gatolika ateganya ko hari ibigomba gukorwa mu gihe cyo gutora Umushumba Mukuru wa Kiliziya Gatolika ku Isi

April 22, 2025

Abagenerwabikorwa ba Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro bahawe ibigega

Abagenerwabikorwa 31 bo mu tugali twa Gihembe na Nyakayenzi  mu murenge wa Ngeruka  mu karere ka Bugesera mu mushinga wa

April 21, 2025

Abayobozi bakomeye ku isi bakomeje kwifuriza Papa Fransisiko kuruhukira mu mahoro

Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere wa Pasika nibwo inkuru yabaye ikimenyabose ko uwari Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku

April 21, 2025

Antoine Cardinal Kambanda yasobanuye uko bigenda iyo Papa atabarutse

Nyiricyubahiro Antoine  Cardinal KAMBANDA, Arikiyepiskopi wa Kigali akaba na Perezida w'Inama y'Abepisikopi Gatolika mu Rwanda  yasobanuye uko bigenda nyuma yo