Sr Betty Mukarugamabwa umuhuzabikorwa wa serivisi y’Ubuzima muri Caritas Kigali yizihije Yubire y’imyaka 25 amaze yiyegurirye Imana. Ni ibirori byabereye
Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Fransisiko arifuza ko buri wese agira uburenganzira bwo kwiga. Ibi ibigize isengesho rye
Nyuma y'aho Abepisikopi Gatolika mu Rwanda bansinye ku itangazo ribuza abakirisitu n'abandi bantu b'umutima mwiza kubaha ubuzima birinda gukuramo inda
Mu rwego rwo kurwanya igwingira mu bana ndetse no gufasha abari mu mirire mibi kuyivamo Caritas Kigali mu ishami ryayo
Mu mugoroba wo ku itariki ya 31 Ukuboza abakirisitu gatolika bakunze guhimbaza Imana bayishimira ko barangije umwaka, hakaba n’abitabira iki
Mu bihe bishize, ababyeyi batuye ku Gisozi mu Karere ka Gasabo babonye akazi kabatwara umwanya munini, bituma bafata icyemezo cyo
Nk’uko byagiye bikorwa mu zindi Paruwasi gusangira Noheli n’abakene kuri uyu wa Kabiri tariki 31 Ukuboza 2024 Komisiyo y'iterambere ryuzuye
Muri uyu mwaka wa 2024 Caritas Kigali mu ishami ryayo ryo gukusanya inkunga yo kwita ku bakene n’abatishoboye yakusanyije inkunga
Abana b’abagatolika bizihije Yubile y’imyaka 125 Kiliziya Gatolika imaze igeze mu Rwanda n’iy’imyaka 2025 yo gucungurwa kwa bene Muntu, maze
Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro ya Arikidiyosezi ya Kigali yagaragaje uruhare rwayo mu rugendo rw'isanamitima mu gukiza ibikomere bituruka kuri Jenoside yakorewe