Mu bikorwa Caritas Kigali ikora harimo gutera inkunga abana bafite ubumuga kujya mu mashuri no kubitaho mu mibereho yabo isanzwe
Abakobwa 79 bo muri Paruwasi ya Kigarama muri Arikidiyosezi ya Kigali bavuga ko babaho mu mibreho isharirirye hamwe nabo bibarutse
Itsinda ry’Ubuhinzi ryaturutse muri Canada ryagiriye urugendoshuri muri Paruwasi ya Ruhuha muri santere ya Mareba. Iri tsinda riri kumwe n'uhagarariye
Hari ibikorwa bihoraho byo gukurikirana imikorere y’amavuriro ya Kiliziya gatolika akorera muri Arikidiyosezi ya Kigali. Ibi bikorwa bibamo, kureba uko
Ubutumwa bujyanye no gushishikariza abaturage ubumwe n’ubudaheranwa ndetse n’Isanamitima bwagiye bunyuzwa no mu bikorwa ndangamuco nk’imivugo, imbyino, ndetse n’ikinamico. Ibi
Kubera ibiganiro Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro muri Arikidiyosezi ya Kigali (CDJP) itanga muri Sosiyeti bijyanye n’Ihame ry’ubwuzuzanye hagati y’umugabo n’umugore ;
Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro muri arikidiyosezi ya Kigali imaze guherekeza imfungwa n’abagororwa n’abafunguwe 596 mu rwego rwo kubategura kubana neza nabo
Ababyeyi bafite abana mu ngo mbonezamikurire y’abana bato yo mu karere ka Rulindo akurikiranwa na Caritasi Kigali bavuga ko kutamenya
Abayobozi bo mu nzego z’ibanze bo mu mirenge ya Ntarabana na Rukozo mu karere ka Rulindo bahawe amahugurwa y’iminsi ibiri
Mu rwego rwo gufasha abatishoboye kwikura mu bukene Paruwasi ya Nyamata yoroje abakene 27 ihene kugira ngo zibafashe kwikura mu