• Address: KN 3Rd/ KN 1 St, Charity House
  • +250 784 609 286
December 25, 2024

Paruwasi zimwe zo muri Arikidiyosezi ya Kigali zasangiye Noheli n’abakene

Mu kwizihiza umunsi mukuru wa Noheli kuri uyu w gatatu tariki 25 Ukuboza 2024 Paruwasi zimwe zo muri Arikidiyosezi ya

December 25, 2024

Abepisikopi Gatolika mu Rwanda basabye abakirisitu n’abantu bafite umutima mwiza kurengera ubuzima

Abepiskopi Gatolika mu Rwanda bagendeyeku itegko ry’Imana  rigira riti "Ntuzice umuntu" (Jyim. 20, 13; Mt 5, 21) bibukije Abakirisitu n'abantu

December 25, 2024

Musenyeri Rukamba yifashishije ivuka rya Yezu yamagannye gukuramo inda

Musenyeri Filipo Rukamba wa Diyosezi ya Butare uri mu kiruhuko cy’izabukuru yongeye gushimangira umurongo Kiriziya Gatorika yo mu Rwanda iherutse

December 25, 2024

Kigali: Abasaga 500 basangiye Noheli na Arikiyepisikopi wa Kigali Antoine Cardinal Kambanda

Misa ya Noheli ihumuje, abantu bagera kuri 500 mu Mujyi wa Kigali basangiye ifunguro rya kumanywa na Antoine Karidinali Kambanda,

December 25, 2024

Umunsi wa Noheli ukwiye kuba intandaro yo kunga ubumwe- Antoine Cardinal Kambanda

Arikiyepisikopi wa Kigali, Antoine Cardinal Kambanda avuga ko umunsi wa Noheli ari isooko y’umucyo n’amahoro bityo ukaba ukwiye kuba intandaro

December 25, 2024

Kuki Noheli yizihizwa ku itariki 25 Ukuboza?

Kuva mu kinyejana cya 17, hari bamwe batangiye gukwiza hose ko itariki ya 25/12 Abakristu bahimbazaho Noheli, ari umunsi wahimbazwagaho

November 29, 2024

Abagenerwabikorwa ba Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro bahawe ibiti by’imbuto n’ibivangwa n’imyaka

Kuri uyu wa Gatanu tariki 29 Ugushyingo 2024, abagenerwabikorwa 300 ba Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro muri Arikidiyosezi ya Kigali (CDJP) bo

November 29, 2024

Abepisikopi bagize komite y’ihuriro ry’Abepisikopi b’Afurika na Madagasikari bifatanyije n’Abakirisitu kwizihiza isabukuru ya 43 y’amabonekerwa

Tariki ya 28 Ukwakira 2024, i Kibeho mu karere ka Nyaruguru hateraniye imbaga y'abakirisitu basaga ibihumbi 50 baturutse hirya no

November 26, 2024

Cardinal Ambongo yasabye u Rwanda, RDC n’u Burundi gukemura amakimbirane bafitanye

Arikiyepisikopi wa Kinshasa akaba na Perezida w’Ihuriro ry’Inama y’Abepisikopi muri Afurika na Madagascar (SECAM), Cardinal Fridolin Ambongo, yasabye abayobozi b’u

November 25, 2024

Cardinal Antoine Kambanda yakiriye abitabiriye Inama ya Komite Ihoraho y’Ihuriro ry’Inama z’Abepiskopi muri Afurika na Madagasikari

Ku mugoroba w'uyu wa mbere tariki 25 Ugushyingo 2024, Cardinal Antoine Kambanda yakiriye abitabiriye Inama ya Komite Ihoraho y'Ihuriro ry'Inama