Mu rwego rwo gukomeza kwita ku ngo mbonezamikurire zikurikiranwa na Caritas Kigali zo mu karere ka Rulindo na Gakenke abakorerabushake
Nyuma yo guhabwa inyigisho na Nyiricyubahiro Antoine Cardinal Kambanda ndetse bakagihabwa na Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru Maurice Mugabowagahunde Abasaserodoti bakorera ubutumwa
Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru Maurice Mugabowagahunde yabwiye Abasaserodoti bakorera Ubutumwa muri Arikidiyosezi ya Kigali ko amateka y’u Rwanda umusaseridoti akoreramo ubutumwa,
Antoine Cardinal Kambanda Arkiyepiskopi wa Kigali tariki 27 Gashyantare 2025 yatangije icyiciro cya mbere cy’amahugurwa ku Isanamitima N’Ubwiyunge, ku munsi
Abanyamuryango bibumbiye mu matsinda ya "Kwigira' bavuga ko iyi gahunda yamaze kubateza imbere bakabasha kwikura mu bukene ubu bakaba babasha
Abantu benshi bakunze gukora amasaha menshi abandi bakagira ibibazo bishobora gutuma badasinzira neza ntibaryame bihagije ngo baruhuke uko bikwiye, bikaba
Mu bikorwa byo kwita ku batishoboye byakozwe na Caritas Kigali harimo kwishyurira abatishoboye ubwisungane mukwivuza (mutuelle de sante) ndetse abantu
Kubera ibiganiro Komisiyo y'Ubutabera n'Amahoro muri arikidiyosezi ya Kigali (CDJP) itanga muri Sosiyeti bijyanye n’Ihame ry’ubwuzuzanye hagati y’umugabo n’umugore ;
Nubwo Leta hamwe n'abafatanyabikorwa bayo bashyira imbaraga mu kurwanya igwingira mu bana bato umuntu yakwibaza impamvu ridacika burundu kandi hari
Bimwe mu bikorwa bya Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro muri Arkidiyosezi ya Kigali harimo guherekeza imfungwa n’abagororwa babategura kuzabana neza nabo basanze