• Address: KN 3Rd/ KN 1 St, Charity House
  • +250 784 609 286
March 30, 2025

Abakorerabushake ba Caritas Kigali bahuguwe uburyo bwo gukurikiranamo ingo mbonezamikurire

Mu rwego rwo gukomeza kwita ku ngo mbonezamikurire zikurikiranwa na Caritas Kigali zo mu karere ka Rulindo na Gakenke abakorerabushake

March 28, 2025

Umwiherero wasigiye iki Abasaserodoti bakorera Ubutumwa muri Arikidiyosezi ya Kigali?

Nyuma yo guhabwa inyigisho na Nyiricyubahiro Antoine Cardinal Kambanda ndetse bakagihabwa na Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru Maurice Mugabowagahunde Abasaserodoti bakorera ubutumwa

March 20, 2025

Amateka y’u Rwanda ashobora kugira ingaruka mu mikorere y’ umusaserodoti- Guverineri Mugabowagahunde

Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru Maurice Mugabowagahunde yabwiye Abasaserodoti bakorera Ubutumwa muri Arikidiyosezi ya Kigali ko amateka y’u Rwanda umusaseridoti akoreramo ubutumwa,

March 6, 2025

Abasaserodoti bakorera Ubutumwa muri Arikidiyosezi ya Kigali bahuguwe ku Isanamitima N’Ubwiyunge

Antoine Cardinal Kambanda Arkiyepiskopi wa Kigali tariki 27 Gashyantare 2025 yatangije icyiciro cya mbere cy’amahugurwa ku Isanamitima N’Ubwiyunge, ku munsi

February 28, 2025

Gahunda ya KWIGIRA imaze gukura abanyamuryango bayo mu bukene

Abanyamuryango bibumbiye mu matsinda ya "Kwigira' bavuga ko iyi gahunda yamaze kubateza imbere bakabasha kwikura mu bukene ubu bakaba babasha

February 28, 2025

Kudasinzira amasaha 8 mu ijoro bishobora gutera umuvuduko ukabije w’amaraso

Abantu benshi bakunze gukora amasaha menshi abandi bakagira ibibazo bishobora gutuma badasinzira neza ntibaryame bihagije ngo baruhuke uko bikwiye, bikaba

February 28, 2025

Amavuriro ya Kiliziya Gatolika muri Arkidiyosezi ya Kigali yavuye ku buntu abatishoboye 2.094

Mu bikorwa byo kwita ku batishoboye byakozwe na Caritas Kigali harimo kwishyurira abatishoboye ubwisungane mukwivuza (mutuelle de sante) ndetse abantu

February 28, 2025

Kumva neza ihame ry’uburinganire byabafashije gutera imbere

Kubera ibiganiro Komisiyo y'Ubutabera n'Amahoro muri arikidiyosezi ya Kigali (CDJP) itanga muri Sosiyeti bijyanye n’Ihame ry’ubwuzuzanye hagati y’umugabo n’umugore ;

February 28, 2025

Kuki Igwingira ridacika?

Nubwo Leta hamwe n'abafatanyabikorwa bayo bashyira imbaraga mu kurwanya igwingira mu bana bato umuntu yakwibaza impamvu ridacika burundu kandi hari

February 28, 2025

Guherekeza imfungwa n’abagororwa bitegura kurekurwa ni imwe mu nzira y’Ubumwe n’Ubwiyunge

Bimwe mu bikorwa bya Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro muri Arkidiyosezi ya Kigali harimo guherekeza imfungwa n’abagororwa babategura kuzabana neza nabo basanze