Abapadiri bakuru ba za Paruwasi zo muri Arikidiyosezi ya Kigali hamwe n’Abarayiki bari muri Komite ya Komisiyo y’iterambere ryuzuye rya
Karidinali Fridollin Ambongo Besungu, Arikiyepiskopi wa Kinshasa, Akaba na Perezida w'Ihuriro ry'Inama z'Abepiskopi muri Afurika na Madagasikari (SECAM), kuri uyu
Diyosezi Gatolika ya Gikongoro yapfushije Umupadiri witwa Gervase Twinomujuni, wari Padiri Mukuru wa Paruwasi ya Bishyiga iherereye mu Murenge wa
Kiliziya Gatolika kuri iki cyumweru tariki 24 Ugushyingo 2023 yizihije umunsi mukuru wa Kirisitu Mwami ari na wo munsi duhimbazaho
Kuri uyu wa 24 Ugushyingo 2024, Myr Andre Havugimana yasoje ku mugaragaro ubutumwa bwo kuba Omoniye wa Gereza ya Nyarugenge
Mu karere ka Rulindo kuri uyu wa gatatu tariki 20 Ugushyingo 2024 habereye inama y'inteko rusange y'urubyiruko, hanatangwa ibihembo ku
Ababyeyi benshi bakunze kurera abana babo ariko ntibamenye uburenganzira bwabo ugasanga hari n’ababakorera ihihotera kubera kutagira ubumenyi buhagije mu guhana
Mu kwezi k’Ubumwe n’Ubudaheranwa Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro muri Arikidiyosezi ya Kigali yatanze ibiganiro mu mashuri ndetse haba n’amarushanwa hagamijwe gukumira
Ubutumwa bwa Papa Fransisko bujyanye no kwizihiza ku nshuro ya 8 umunsi mpuzamahanga w’abakene Icyumweru cya 33 gisanzwe, tariki ya
Kuri iki cyumweru tariki 17 Ugushyingo 2024, muri za Paruwasi zitandukanye hizihijwe umunsi mpuzamahanga w’Umukene uba buri mwaka bahabwa impano