• Address: KN 3Rd/ KN 1 St, Charity House
  • +250 784 609 286

Actualités

Kubera iki ukwezi ku urukundo n’impuhwe Abepisikopi bahisemo ko kuba mu kwa munani

Abepisikopi baganira ku kwezi k’urukundo n‘impuhwe, basanze ukwezi kwa munani mu gihugu cy’u Rwanda, ari...

Padiri Salvain Ndayizeye Habiyambere yitabye Imana

Padiri Salvain Ndayizeye Habiyambere, wo muri Diyosezi Gatolika ya Byumba wari urwariye mu bitaro bya...

Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro yamurikiye abagenerwabikorwa Isoko yabubakiye

Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro muri Arikidiyosezi ya Kigali kuri uyu wa Gatanu tariki 19 Nyakanga 2024...

Hafunguwe Ishami ry’Ubuforomo n’Ububyaza muri St Paul

Kuri uyu wa Gatanu tariki 12 Nyakanga 2024, habaye umuhango wo gufungura ku mugaragaro ishami...

Padiri Felicien Hategekimana yashyinguwe mu cyubahiro

Kuri uyu wa kane tariki 11 Nyakanga 2024 nibwo Padiri Padiri Felicien Hategekimana yasezweho bwa...

Hakomeje ibikorwa byo gushishikariza abantu kwigomwa gufasha abakene mu kwezi kw’Impuhwe n’Urukundo

Ibikorwa by’ukwezi k’Urukundo n’impuhwe biba mu kwezi kwa 8 bikaba ari ukwezi ko kwitagatifurizamo kwashyizweho...

Abagenerwabikorwa 100 bahuguwe guhinga bya kijyambere no kurwanya isuri

Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro muri Arikidiyosezi ya Kigali yahuguye abaturage 100 ifasha bo mu karere ka...

Kuhira bakoresheje imirasire y’Izuba byabongereye umusaruro

Abaturage bo mu karere ka Bugesera baterwa inkunga na Komisiyo y’ubutabera n’Amahoro muri Arikidiyosezi ya...

Menya uruhare rwa Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro muri Arikidiyosezi mu iterambere ry’akarere ka Bugesera

Komisiyo y'Ubutabera n'Amahoro muri Arikidiyosezi ya Kigali igira uruhare mu bikorerwa umuturage ikaba ari umufatanyabikorwa...

Mu mafoto : Ibyaranze icyumweru cyo kwita ku mikurire y’abana mu karere ka Gakenke

Nk’umwe mu bafatanyabikorwa b’imena mu kurwanya igwingira n’imirire mibi mu bana mu turere twa Rulindo...

Abagenerwabikorwa ba Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro bahuguwe ku micungire yaza Koperative

Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro muri Arikidiyosezi ya Kigali yahuguye abagenerwabikorwa bayo bafashwa n’umushinga Rwa-79 bo mu...

Imiryango 80 yahuguwe ku ihame ry’uburinganire n’Ubwuzuzanye

Imiryango 80 igizwe n’umugore n’umugabo yahuguwe ku ihame ry’uburinganire n’Ubwuzuzanye mu muryango hagati y’umugore n’umugabo...