Ubworozi bw’Amatungo magufi bwamuvanye mu bukene
Abagenerwabikorwa ba Komisiyo y'Ubutabera n'amahoro batandukanye bo mu karere ka Bugesera bavuga ko korozwa amatungo...
Mwige neza kugira ngo muzajye guhangana ku isoko ry’umurimo – Padiri Donatien Twizeyumuremyi
Padiri Donatien Twizeyumuremyi umuyobizi wa Caritas na Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro muri Arikidiyosezi ya Kigali yatanze...
Carlo Acutis uzwi ku izina rya God’s Influencer agiye gushyirwa mu rwego rw’abatagatifu
Vatican yatangaje ko tariki ya 7 Nzeri 2025, Kiliziya Gatolika izashyira mu rwego rw’abatagatifu umusore...
Abagore 60 barimo kwigishwa gusoma no kwandika
Abagore 60 baturuka mu midugudu 2 ya Nyagisozi ba Nombe mu Kagari ka Kiyanza, umurenge...
Barebeye hamwe uko bahangana n’imbogamizi zikiboneka mu buhinzi
Abayobozi 55 bari mu nzego zitandukanye bakorera mu murenge wa Ngeruka mu karere ka Bugesera...
Ukwezi k’Urukundo n’Impuhwe: Umwanya mwiza wo kwitagatifuza binyuze mu bikorwa by’urukundo
‘’Ufite ijisho rirebana impuhwe azahabwa umugisha, kuko agabanya ku mugati we, agaha umukene’’ (Imigani 22,9)...
Biyemeje kugaruka gushimira Caritas yabareze
Abanyeshuri biga mu mashuri yisumbuye barihirwa na Caritas ya Kigali biyemeje ko nyuma yo kurangiza...
Umusaruro uvuye mu kwezi k’urukundo n’Impuhwe ukora iki?
Ku birebana n’uburyo umusaruro uvuye mu kwezi k’Urukundo n’Impuhwe, Inteko rusange ya Caritas Rwanda yateraniye...
Uburyo bwa kamere bwo guteganya imbyaro ni iki?
Nk’uko Ikigo Mpuzamahanga kita ku buzima (OMS) kibuvuga, uburyo bwa kamere bwo guteganya imbyaro ni...
Mwige muteganya no kubyaza umusaruro amahirwe mwahawe – Padiri Twizeyumuremyi
Ubwo yasozaga umwiherero w’iminsi itatu w’abanyeshuri waberaga mu ishuri rya Butamwa TVET School Umuyobozi wa...
Abanyeshuri bafashwa na Caritas Kigali bahuguwe ku buzima bw’imyororokere
Abanyeshuri biga mu mashuri yisumbuye 44 baterwa inkunga na Caritas ya Kigali bamaze iminsi itatu...
Ndashimira Caritas yamfashije kugera ku muhamagaro wo kwiyegurira Imana – Padiri Jean Bosco Nshimiyimana
Mu buhamya butangwa na Padiri Jean Bosco Nshimiyimana avuga ko kugera ku muhamagaro we yabifashijwemo...












