Kubaka ni Ukoroherana – Ubuhamya bw’abagize imyaka 100 babana
Ubuhamya butangwa n’Abageze mu zabukuru Ntihabose Anastase w’imyaka 100 n’umufasha we Mbabajende Anastasie nawe w’imyaka...
Abagize Komite z’amatsinda yo kuzigama no kugurizanya basabwe gukemura ibibazo biyagaragaramo
Abagize Komite y’amatsinda yo kubitsa no kugurizanya aterwa inkunga na Caritas Kigali basabwe gukurikirana imikorere...
Tugiye gutangira gukora ubucuruzi buciriritse-Abakobwa babyariye iwabo
Abakobwa babyariye iwabo bo muri Paruwasi ya Kabuye bagiye gutangira imishinga iciriritse ibyara inyungu mu...
Menya Amateka ku Ihuriro ry’Abepiskopi muri Afurika rigiye guteranira mu Rwanda
Harabura iminsi ibiri gusa Ihuriro ry'Inama z'Abepiskopi muri Afurika na Madagasikari, rigahimbariza isabukru y'imyaka 56...
Kiliziya yarakoze kudutekerezaho ikadushyiriraho umunsi nyirizina wo kutuzirikana – Abageze mu zabukuru
Ba Sogokuru, ba Nyogokuru n’abageze mu za Bukuru bo muri Paruwasi ya Ruli mu gikorwa...
Ruli:Bishimiye uburyo Kiliziya yabazirikanye ku munsi mpuzamahanga wa ba Sogokuru, ba Nyogokuru n’abageze mu za Bukuru
Ba Sogokuru, ba Nyogokuru n’abageze mu za Bukuru bo muri Paruwasi ya Ruli mu karere...
Ndashimira Caritas yanyubakiye inzu yo kubamo- Yankurije
Yankurije Alphonsine wo muri Paruwasi ya Ruli ashimira Caritas yamwubakiye inzu yo kubamo ubu akaba...
Ubutumwa bugenewe Abakristu mu kwezi k’urukundo n’impuhwe, Kanama 2025
Bakristu, bavandimwe, Tumaze kumenyera ko mu kwezi kwa munani kwa buri mwaka dukangurirwa ibikorwa by'urukundo...
Ubutumwa bwa Nyirubutungane Papa Leon XIV bujyanye n’umunsi mpuzamahanga wa ba Sogokuru, ba Nyogokuru n’abageze mu za Bukuru
Papa Leon XIV yageneye ubutumwa abageze mu zabukuru wizihizwa ku nshuro ya 5, ku ya...
Amatorero n’Amadini yarebeye hamwe uburyo umuryango warushaho kubaho utekanye
Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro ya Arikidiyosezi ya Kigali yitabiriye inama yiga ku iyubahirizwa ry’ uburinganire n'ubwuzuzanye...
Abantu 30 baturutse mu turere dutandukanye bahuguwe uburyo bakoramo ubuvugizi
Mu rwego rw'umushinga WE ,kuva 9-12/06/2025 i Muhanga muri Hotel Lucerna habereye amahugurwa yerekeranye no...
Bahuguwe uko bahangana n’ibiza
Inzego zitandukanye zo mu murenge wa Ngeruka mu karere ka Bugesera bunguranye inama ku guhangana...












