• Address: KN 3Rd/ KN 1 St, Charity House
  • +250 784 609 286

Actualités

U Rwanda rwasabye Kiliziya Gatolika kurushaho kugira uruhare mu gukemura ibibazo byugarije Afurika

Minisitiri w’Intebe, Dr. Nsengiyumva Justin, yasabye Abepiskopi Gatolika muri Afurika kurushaho kugira uruhare mu gukemura...

U Rwanda rwakiriye ihuriro ry’Inama y’Abepisikopi b’Afurika na Madagascar SECAM ku nshuro ya mbere

Kuri uyu wa kane tariki ya 31 Nyakanga 2025 Inama y’Ihuriro ry’Inama z’Abepisikopi b’Afurika na...

Kubaka ni Ukoroherana – Ubuhamya bw’abagize imyaka 100 babana

Ubuhamya butangwa n’Abageze mu zabukuru Ntihabose Anastase w’imyaka 100 n’umufasha we Mbabajende Anastasie nawe w’imyaka...

Abagize Komite z’amatsinda yo kuzigama no kugurizanya basabwe gukemura ibibazo biyagaragaramo

Abagize Komite y’amatsinda yo kubitsa no kugurizanya aterwa inkunga na Caritas Kigali basabwe gukurikirana imikorere...

Tugiye gutangira gukora ubucuruzi buciriritse-Abakobwa babyariye iwabo

Abakobwa babyariye iwabo bo muri Paruwasi ya Kabuye bagiye gutangira imishinga iciriritse ibyara inyungu mu...

Menya Amateka ku Ihuriro ry’Abepiskopi muri Afurika rigiye guteranira mu Rwanda

Harabura iminsi ibiri gusa Ihuriro ry'Inama z'Abepiskopi muri Afurika na Madagasikari, rigahimbariza isabukru y'imyaka 56...

Kiliziya yarakoze kudutekerezaho ikadushyiriraho umunsi nyirizina wo kutuzirikana – Abageze mu zabukuru

Ba Sogokuru, ba Nyogokuru n’abageze mu za Bukuru bo muri Paruwasi ya Ruli mu gikorwa...

Ruli:Bishimiye uburyo Kiliziya yabazirikanye ku munsi mpuzamahanga wa ba Sogokuru, ba Nyogokuru n’abageze mu za Bukuru

Ba Sogokuru, ba Nyogokuru n’abageze mu za Bukuru bo muri Paruwasi ya Ruli mu karere...

Ndashimira Caritas yanyubakiye inzu yo kubamo- Yankurije

Yankurije Alphonsine wo muri Paruwasi ya Ruli ashimira Caritas yamwubakiye inzu yo kubamo ubu akaba...

Ubutumwa bugenewe Abakristu mu kwezi k’urukundo n’impuhwe, Kanama 2025

Bakristu, bavandimwe, Tumaze kumenyera ko mu kwezi kwa munani kwa buri mwaka dukangurirwa ibikorwa by'urukundo...

Amatorero n’Amadini yarebeye hamwe uburyo umuryango warushaho kubaho utekanye

Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro ya Arikidiyosezi ya Kigali yitabiriye inama yiga ku iyubahirizwa ry’ uburinganire n'ubwuzuzanye...