• Address: KN 3Rd/ KN 1 St, Charity House
  • +250 784 609 286
March 31, 2025

Ese wari uziko umwana nawe agira inshingano ze agomba gushyira mu bikorwa?

Nubwo ababyeyi bagira inshingano zo kurera abana bakabaha ibyo babagomba kugira ngo bakure neza mu mibereho yabo ya buri munsi

March 31, 2025

Menya uruhare rwa Caritas Kigali mu kurwanya ibiyobyabwenge mu rubyiruko

Caritas Kigali igira uruhare rwo kurwanya no gukumira ingaruka zo gukoresha ibiyobyabwenge mu rubyiruko kugira ngo rubashe kubaho mu buzima

March 31, 2025

Caritas Kigali yateye inkunga abana bafite ubumuga 74

Mu bikorwa Caritas Kigali ikora harimo gutera inkunga abana bafite ubumuga kujya mu mashuri no kubitaho mu mibereho yabo isanzwe

March 31, 2025

Tubaho mu mibereho ishaririye n’abana bacu –Abakobwa babyariye iwabo

Abakobwa 79 bo muri Paruwasi ya Kigarama muri Arikidiyosezi ya Kigali bavuga ko babaho mu mibreho isharirirye hamwe nabo bibarutse

March 31, 2025

Itsinda ryaturutse muri Canada ryungukiye byinshi mu buhinzi bw’u Rwanda

Itsinda ry’Ubuhinzi ryaturutse muri Canada ryagiriye urugendoshuri muri Paruwasi ya Ruhuha muri santere ya Mareba. Iri tsinda riri kumwe n'uhagarariye

March 31, 2025

Menya uruhare rwa Kiliziya mu bikorwa byo guteza imbere ubuvuzi

Hari ibikorwa bihoraho byo gukurikirana imikorere y’amavuriro ya Kiliziya gatolika akorera muri Arikidiyosezi ya Kigali. Ibi bikorwa bibamo, kureba uko

March 31, 2025

Imivugo, imbyino, ndetse n’ikinamico byanyujijwemo Ubutumwa bw’ubumwe n’ubudaheranwa

Ubutumwa bujyanye no gushishikariza abaturage ubumwe n’ubudaheranwa ndetse n’Isanamitima bwagiye bunyuzwa no mu bikorwa ndangamuco nk’imivugo, imbyino, ndetse n’ikinamico. Ibi

March 31, 2025

Imiryango 1178 yahuguwe k’ihame ry’uburinganire

Kubera ibiganiro Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro muri Arikidiyosezi ya Kigali (CDJP) itanga muri Sosiyeti bijyanye n’Ihame ry’ubwuzuzanye hagati y’umugabo n’umugore ;

March 31, 2025

Mu mwaka wa 2024 Komisiyo y’ubutabera yaherekeje mu isanamitima imfungwa n’abagororwa 596

Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro muri arikidiyosezi ya Kigali imaze guherekeza imfungwa n’abagororwa n’abafunguwe 596 mu rwego rwo kubategura kubana neza nabo

March 31, 2025

Ubumenyi buke mu gutegura indyo yuzuye byatumye barwaza bwaki

Ababyeyi bafite abana mu ngo mbonezamikurire y’abana bato  yo mu karere ka Rulindo akurikiranwa na Caritasi Kigali bavuga ko kutamenya