March 31, 2025
Hari ibikorwa bihoraho byo gukurikirana imikorere y’amavuriro ya Kiliziya gatolika akorera muri Arikidiyosezi ya Kigali. Ibi bikorwa bibamo, kureba uko
March 31, 2025
Ubutumwa bujyanye no gushishikariza abaturage ubumwe n’ubudaheranwa ndetse n’Isanamitima bwagiye bunyuzwa no mu bikorwa ndangamuco nk’imivugo, imbyino, ndetse n’ikinamico. Ibi
March 31, 2025
Kubera ibiganiro Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro muri Arikidiyosezi ya Kigali (CDJP) itanga muri Sosiyeti bijyanye n’Ihame ry’ubwuzuzanye hagati y’umugabo n’umugore ;
March 31, 2025
Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro muri arikidiyosezi ya Kigali imaze guherekeza imfungwa n’abagororwa n’abafunguwe 596 mu rwego rwo kubategura kubana neza nabo
March 31, 2025
Ababyeyi bafite abana mu ngo mbonezamikurire y’abana bato yo mu karere ka Rulindo akurikiranwa na Caritasi Kigali bavuga ko kutamenya
March 31, 2025
Abayobozi bo mu nzego z’ibanze bo mu mirenge ya Ntarabana na Rukozo mu karere ka Rulindo bahawe amahugurwa y’iminsi ibiri
March 30, 2025
Mu rwego rwo gufasha abatishoboye kwikura mu bukene Paruwasi ya Nyamata yoroje abakene 27 ihene kugira ngo zibafashe kwikura mu
March 30, 2025
Mu rwego rwo gukomeza kwita ku ngo mbonezamikurire zikurikiranwa na Caritas Kigali zo mu karere ka Rulindo na Gakenke abakorerabushake
March 28, 2025
Nyuma yo guhabwa inyigisho na Nyiricyubahiro Antoine Cardinal Kambanda ndetse bakagihabwa na Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru Maurice Mugabowagahunde Abasaserodoti bakorera ubutumwa
March 20, 2025
Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru Maurice Mugabowagahunde yabwiye Abasaserodoti bakorera Ubutumwa muri Arikidiyosezi ya Kigali ko amateka y’u Rwanda umusaseridoti akoreramo ubutumwa,