August 12, 2024
Papa Fransisiko kuri uyu wa mbere tariki 12 Kanama 2024 yatoreye Padiri Ntagungira Bosco kuba umwepisikopi wa Diyosezi ya Butare.
July 31, 2024
Caritas Kigali ni umufatanyabikorwa mu karere ka Rulindo na Gakenke mu kurwanya igwingira mu bana. Bimwe mu bikorwa yagiye ifashamo
July 31, 2024
Muri Zone y'Ikenurabushyo ya Rwankuba, Urubyiruko rwahuriye mu Ihuriro ry'urubyiruko rwahawe ikiganiro ku buryo bagomba kwitegura kuba ababyeyi beza, babungabunga
July 31, 2024
Ingeri z’Abantu batandukanye bahuguwe na Komisiyo y’Ubutabera n’amahoro bavuga ko nyuma yo guhugurwa kuri gahunda yo kongerera ubushobozi abagore ku
July 31, 2024
Ababyeyi bo mu karere ka Rurindo bavuga ko kwigishwa na Caritas Kigali gutegura indyo yuzuye byatumye abana babo bava mu
July 31, 2024
Komisiyo y’ubutabera n’Amahoro muri arikidiyosezi ya Kigali yahuguye abantu bo mu byiciro bitandukanye mu nzego z’ibanze kuri uyu wa kane
July 29, 2024
Mu kiganiro Umunyamakuru Françoise Niamien wa Vatican News yagiranye na Arikiyepisikopi wa Kigali akaba na Perezida w’Inama y’Abepisikopi mu Rwanda,
July 28, 2024
Mu kwiziha umunsi mukuru wa Caritas muri Paruwasi ya Kabuye tariki 28 Nyakanga 2024 Mutemberezi Claver umwe mu bagenerwabikorwa yashimiye
July 28, 2024
Umunsi Mpuzamahanga wa ba Sogokuru na ba Nyogokuru n’Abageze mu za bukuru wizihizwa ku nshuro ya 4, taliki 28 Nyakanga,
July 28, 2024
Tariki 28 Nyakanga buri mwaka hizihizwa umunsi mpuzamahanga waba Nyogokuru na Sogokuru ndetse n’abageze muzabukuru. Ku iki cyumweru Umuyobozi wa