Mu rwego rwo gukomeza gufasha abafite ubumuga Caritas Kigali yahuguye abayobozi bo mu nzego zibanze ibyo bagomba kumenya no gufasha
Mu rwego rwo gukomeza kubungabunga uburenganzira bw'umwana Carits Kigali yateguye imfashanyigisho yifashishwa n'abakorerabushake yo kujya bigisha uburenganzira bw'umwana mu muryango
Kuva tariki 29-31 Gicurasi 2024 habaye igikorwa cyo gusura bamwe mu bagenerwabikorwa b’umushinga Rwa-79 mu kagali ka Nyakayenzi mu murenge
Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro ya Arikidiyosezi ya Kigali yagiranye inama n’abagenerwabikorw bayo yo kumenya gukora ibimina bidasesa yabaye tariki 30 Gicurasi
Ababyeyi benshi bakunze guhana abana babo igihe bakosheje bakoresheje ibihano bitandukanye nyamara ngo umubyeyi ashobora guhana umwana nabi akamutera ibibazo
Umugenerwabikorwa wa Caritas Kigali witwa Nyiransabimana Algentine utuye mu karere ka Bugesera mu murenge wa Mwogo atanga ubuhamya uburyo yiteje
Muri gahunda yo gukomeza kwita ku batishoboye Serivise y'Iterambere rya muntu ryuzuye yagiranye ibiganiro n'abagize komite z'iyi Serivisi mu Karere
Zimwe mu mpamvu zitera uburwayi bw’umugongo zirimo kuba umuntu yicara mu buryo butari bwo (position) ndetse no kumara umwanya munini
Kiliziya Gatolika igira uruhare rukomeye rwo kwigisha abanyarwanda kumenya guteganya imbyaro hifashishijwe uburyo bwa kamere bwo kubara ukwezi k’umugore. Impamvu
Caritas Kigali yahawe ‘Ceritificat’ y’ishimwe kubera kuba umufatanyabikorwa mwiza w’Akarere ka Kicukiro mu bikorwa byo kwita ku bana. Bimwe mu