• Address: KN 3Rd/ KN 1 St, Charity House
  • +250 784 609 286
April 23, 2025

Menya uko Papa atorwa

Amategeko ya Kiliziya Gatolika ateganya ko hari ibigomba gukorwa mu gihe cyo gutora Umushumba Mukuru wa Kiliziya Gatolika ku Isi

April 22, 2025

Abagenerwabikorwa ba Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro bahawe ibigega

Abagenerwabikorwa 31 bo mu tugali twa Gihembe na Nyakayenzi  mu murenge wa Ngeruka  mu karere ka Bugesera mu mushinga wa

April 21, 2025

Abayobozi bakomeye ku isi bakomeje kwifuriza Papa Fransisiko kuruhukira mu mahoro

Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere wa Pasika nibwo inkuru yabaye ikimenyabose ko uwari Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku

April 21, 2025

Antoine Cardinal Kambanda yasobanuye uko bigenda iyo Papa atabarutse

Nyiricyubahiro Antoine  Cardinal KAMBANDA, Arikiyepiskopi wa Kigali akaba na Perezida w'Inama y'Abepisikopi Gatolika mu Rwanda  yasobanuye uko bigenda nyuma yo

April 21, 2025

Papa Francis yitabye Imana ku myaka 88

Papa Fransisiko yitabye Imana kuri uyu wa Mbere wa Pasika, tariki ya 21 Mata 2025, afite imyaka 88, mu rugo

April 18, 2025

Mu nzira y’umusaraba, Twibuka ububabare bwa Yezu- Abakiristu

Abakiristu Gatolika, bemera ko umusaraba ari wo Yezu yabacunguje agatsinda Shitani n’urupfu, bakoze inzira y’umusaraba, barawuramya kandi batura Yezu Kristu

April 16, 2025

Twajyaga dukina, nkajya kurahura iwabo nawe akaza iwacu – Urwibutso kuri Musenyeri Vincent Barugahare

Kuri uyu wa Gatatu tariki 16 Mata 2025 nibwo Musenyeri Vincent Barugahare, Umusaseridoti wa Diyosezi ya Ruhengeri, uherutse kwitaba Imana

April 16, 2025

Kibeho ikeneye Miliyari 4.2Frw yo kugura ubutaka buzajyaho imishinga makumyabiri

Abepiskopi Gatolika barangajwe imbere na Antoine Cardinal Kambanda basabye Abakirisitu Gatolika mu Rwanda no mu mahanga gushyira hamwe amaboko bakubakira

April 13, 2025

Babaye ibitambo by’Urwango n’Ivangura byabibwe n’Abakoroni- Karidinali Kambanda

Karidinali Antoni Kambanda, Arikiyepiskopi wa Kigali akaba na Perezida w'Inama y'Abepiskopi Gatolika mu Rwanda arasaba abanyarwanda gutoza abato umuco w'Amahoro

April 11, 2025

Ubutumwa bwa Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro mu nama y’Abepiskopi Gatolika mu Rwanda bujyanye no kwibuka

"Nimubane mu rukundo, murangwe n'ubwiyoroshye, n'ituze, n'ubwiyumanganye, mwihanganirane muri byose, kandi mwihatire kugumana umutima umwe ubahuza mu mahoro" (Ef. 4,