• Address: KN 3Rd/ KN 1 St, Charity House
  • +250 784 609 286
August 31, 2025

Carlo Acutis uzwi ku izina rya God’s Influencer agiye gushyirwa mu rwego rw’abatagatifu

Vatican yatangaje ko tariki ya 7 Nzeri 2025, Kiliziya Gatolika izashyira mu rwego rw’abatagatifu umusore wapfuye akiri muto Carlo Acutis,

August 31, 2025

Abagore 60 barimo kwigishwa gusoma no kwandika

Abagore 60 baturuka mu midugudu 2 ya Nyagisozi ba Nombe mu Kagari ka Kiyanza, umurenge wa Ntarabana mu karere ka

August 31, 2025

Barebeye hamwe uko bahangana n’imbogamizi zikiboneka mu buhinzi

Abayobozi 55 bari mu nzego zitandukanye bakorera mu murenge wa Ngeruka mu karere ka Bugesera bakoze inama barebera hamwe uko

August 30, 2025

Ukwezi k’Urukundo n’Impuhwe: Umwanya mwiza wo kwitagatifuza binyuze mu bikorwa by’urukundo

‘’Ufite ijisho rirebana impuhwe azahabwa umugisha, kuko agabanya ku mugati we, agaha umukene’’ (Imigani 22,9). Ukwezi k’Urukundo n’Impuhwe ni igihe

August 29, 2025

Biyemeje kugaruka gushimira Caritas yabareze

Abanyeshuri biga mu mashuri yisumbuye barihirwa na Caritas ya Kigali biyemeje ko nyuma yo kurangiza amasomo yabo bazasubira muri caritas

August 28, 2025

Umusaruro uvuye mu kwezi k’urukundo n’Impuhwe ukora iki?

Ku birebana n’uburyo umusaruro uvuye mu kwezi k’Urukundo n’Impuhwe, Inteko rusange ya Caritas Rwanda yateraniye i Mbare kuva ku itariki

August 28, 2025

Uburyo bwa kamere bwo guteganya imbyaro ni iki?

Nk’uko Ikigo Mpuzamahanga kita ku buzima (OMS) kibuvuga, uburyo bwa kamere bwo guteganya imbyaro ni uburyo butandukanye bukoreshwa mu guteganya

August 28, 2025

Mwige muteganya no kubyaza umusaruro amahirwe mwahawe – Padiri Twizeyumuremyi

Ubwo yasozaga umwiherero w’iminsi itatu w’abanyeshuri waberaga mu ishuri rya Butamwa TVET School Umuyobozi wa Caritas na Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro

August 28, 2025

Abanyeshuri bafashwa na Caritas Kigali bahuguwe ku buzima bw’imyororokere

Abanyeshuri biga mu mashuri yisumbuye 44 baterwa inkunga na Caritas ya Kigali bamaze iminsi itatu mu mwiherero mu kigo cya

August 27, 2025

Ndashimira Caritas yamfashije kugera ku muhamagaro wo kwiyegurira Imana – Padiri Jean Bosco Nshimiyimana

Mu buhamya butangwa na  Padiri Jean Bosco Nshimiyimana avuga ko kugera ku muhamagaro we yabifashijwemo na Caritas yamufashije kwiga akabasha