• Address: KN 3Rd/ KN 1 St, Charity House
  • +250 784 609 286
May 31, 2025

Benshi bavuye mu bukene babikesha ubuhinzi bwa kijyambere

Abagenerwabikorwa ba Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro (CDJP) bo mu karere ka Bugesera bavuga ko ubuhinzi bwa Kijyambere bwatumye basezerera ubukene ubu

May 31, 2025

Kiliziya Gatolika: Inkingi ikomeye mu kubaka umuryango nyarwanda utekanye

Mu gihugu cy’u Rwanda, umuryango ushyirwa ku isonga nk’ishingiro ry’imibereho y’abaturage, Kiliziya Gatolika yakomeje kugira uruhare rukomeye mu kuwubaka no

May 31, 2025

Menya ingaruka zo kwicara umwanya munini udacishamo ngo uhaguruke

Inzobere mu by’ubuzima zivuga ko kwicara umwanya munini umuntu adahaguruka bigira ingaruka ku mubiri, zirimo kurwara indwara zitandukanye nk’umugongo n’izindi.

May 31, 2025

Cyohoha yatubereye imvura mu mpeshyi – Abahinzi

Abahinzi bo mu karere ka Bugesera mu murenge wa Ngeruka bavuga ko kwifashisha amazi ya Cyohoha mu gihe cy'Impeshyi byatumye

May 31, 2025

Menya bimwe mu bikorwa byakozwe na Kiliziya mu kwibuka no gusabira Abazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

Ukwezi kwa Gicurasi ni ukwezi Kiliziya Gatolika mu Rwanda yagennye kugira ngo yibuke, isabire abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994,

May 31, 2025

Wakwirinda ute imirire mibi mu rugo rwawe

Imirire ni umwe mu nkingi z’ingenzi z’ubuzima bwiza. Iyo ifunguro ridateguwe neza, ntibone intungamubiri zikwiriye cyangwa ikaba irimo ibirimo uburozi

May 31, 2025

Caritas Iwacu: Gahunda yo Gufasha Abatishoboye no Kubaka Ubumwe bw’Abanyarwanda

Caritas Iwacu ni gahunda yashyizweho na Caritas Kigali ifatanyije na Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro (CDJP), igamije gufasha abakene n’abatishoboye mu miryango

May 31, 2025

Kongerera Abangavu Ubumenyi n’Ubushobozi n’Intwaro Ikomeye mu Kurwanya Ihohoterwa

Mu gihe isi ihanganye n’ikibazo cy’ihohoterwa rishingiye ku gitsina, cyane cyane rikorerwa abana b’abakobwa, guhugura abangavu no kubongerera ubushobozi byagaragaye

May 31, 2025

Gusoza icyumweru cy’Uburezi ababyeyi bakanguriwe kujyana abana bafite ubumuga mu mashuri

Hasozwa icyumweru cy’Uburezi muri Arkidiyosezi ya KIGALI ababyeyi bakanguriwe kujyana abana bafite ubumuga mu mashuri. Ibirori bisoza icyumweru cy'uburezi Gatolika

May 21, 2025

Turashimira Imana yaduhaye Papa ukenewe muri iki gihe – Cardinal Kambanda

Antoine Cardinal Kambanda, Arikiyepiskopi wa Kigali, arashimira Imana yahaye Kiliziya Papa Leo XIV, yemeza ko Kiliziya ibonye umuyobozi ukenewe muri