Inzobere mu by’ubuzima zivuga ko kwicara umwanya munini umuntu adahaguruka bigira ingaruka ku mubiri, zirimo kurwara indwara zitandukanye nk’umugongo n’izindi.
Abahinzi bo mu karere ka Bugesera mu murenge wa Ngeruka bavuga ko kwifashisha amazi ya Cyohoha mu gihe cy'Impeshyi byatumye
Ukwezi kwa Gicurasi ni ukwezi Kiliziya Gatolika mu Rwanda yagennye kugira ngo yibuke, isabire abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994,
Imirire ni umwe mu nkingi z’ingenzi z’ubuzima bwiza. Iyo ifunguro ridateguwe neza, ntibone intungamubiri zikwiriye cyangwa ikaba irimo ibirimo uburozi
Caritas Iwacu ni gahunda yashyizweho na Caritas Kigali ifatanyije na Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro (CDJP), igamije gufasha abakene n’abatishoboye mu miryango
Mu gihe isi ihanganye n’ikibazo cy’ihohoterwa rishingiye ku gitsina, cyane cyane rikorerwa abana b’abakobwa, guhugura abangavu no kubongerera ubushobozi byagaragaye
Hasozwa icyumweru cy’Uburezi muri Arkidiyosezi ya KIGALI ababyeyi bakanguriwe kujyana abana bafite ubumuga mu mashuri. Ibirori bisoza icyumweru cy'uburezi Gatolika
Antoine Cardinal Kambanda, Arikiyepiskopi wa Kigali, arashimira Imana yahaye Kiliziya Papa Leo XIV, yemeza ko Kiliziya ibonye umuyobozi ukenewe muri
Ku mugoroba wo ku itariki ya 8 Gicurasi 2025, Kardinali Robert Francis Prevost yatorewe kuba Papa wa 267, ahitamo gukoresha
Mu matora ya Papa yari amaze iminsi ibiri abera i Vatican muri Chapeli Sistine, Umunyamerika Robert Francis ni we utorewe