• Address: KN 3Rd/ KN 1 St, Charity House
  • +250 784 609 286

Actualités

Abagore 60 barimo kwigishwa gusoma no kwandika

Abagore 60 baturuka mu midugudu 2 ya Nyagisozi ba Nombe mu Kagari ka Kiyanza, umurenge...

Barebeye hamwe uko bahangana n’imbogamizi zikiboneka mu buhinzi

Abayobozi 55 bari mu nzego zitandukanye bakorera mu murenge wa Ngeruka mu karere ka Bugesera...

Ukwezi k’Urukundo n’Impuhwe: Umwanya mwiza wo kwitagatifuza binyuze mu bikorwa by’urukundo

‘’Ufite ijisho rirebana impuhwe azahabwa umugisha, kuko agabanya ku mugati we, agaha umukene’’ (Imigani 22,9)...

Biyemeje kugaruka gushimira Caritas yabareze

Abanyeshuri biga mu mashuri yisumbuye barihirwa na Caritas ya Kigali biyemeje ko nyuma yo kurangiza...

Umusaruro uvuye mu kwezi k’urukundo n’Impuhwe ukora iki?

Ku birebana n’uburyo umusaruro uvuye mu kwezi k’Urukundo n’Impuhwe, Inteko rusange ya Caritas Rwanda yateraniye...

Uburyo bwa kamere bwo guteganya imbyaro ni iki?

Nk’uko Ikigo Mpuzamahanga kita ku buzima (OMS) kibuvuga, uburyo bwa kamere bwo guteganya imbyaro ni...

Mwige muteganya no kubyaza umusaruro amahirwe mwahawe – Padiri Twizeyumuremyi

Ubwo yasozaga umwiherero w’iminsi itatu w’abanyeshuri waberaga mu ishuri rya Butamwa TVET School Umuyobozi wa...

Abanyeshuri bafashwa na Caritas Kigali bahuguwe ku buzima bw’imyororokere

Abanyeshuri biga mu mashuri yisumbuye 44 baterwa inkunga na Caritas ya Kigali bamaze iminsi itatu...

Ndashimira Caritas yamfashije kugera ku muhamagaro wo kwiyegurira Imana – Padiri Jean Bosco Nshimiyimana

Mu buhamya butangwa na  Padiri Jean Bosco Nshimiyimana avuga ko kugera ku muhamagaro we yabifashijwemo...

Kubera iki dukwiriye gufasha abatishoboye mu Kwezi k’Urukundo n’Impuhwe

Mu kiganiro Padiri Donatien Twizeyumuremyi umuyobizi wa Caritas na Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro muri Arikidiyosezi ya...

Dusobanukirwe Ukwezi kw’impuhwe n’Urukundo icyo aricyo

Bakirisitu bavandimwe, muryango w’Imana, ukwezi k’Urukundo n’Impuhwe n’igihe umukirisitu Gatolika by’umwihariko n’undi muntu wese w’umutima...

Bikira Mariya w’i Kibeho yubakiwe ishusho muri Amerika

Ku wa 17 Kanama 2025, hatashywe ku mugaragaro agace kubatswemo ishusho yitiriwe umubyeyi Bikira Mariya...