March 14, 2024
Imyanzuro y’inama yahuje Abapadiri bakuru b’Amaparuwasi, abayobozi b’ibigo nderabuzima n’ibitaro bya kiliziya Gatolika n’abakozi ba serivisi yo gutegenya imbyaro hakoreshejwe
March 12, 2024
Umunyamabanga mukuru wa Caritas Rwanda, Padiri Oscar Kagimbura yatangaje ko intego za Caritas muri 2023 zagezweho ku gipimo kiri hejuru
March 6, 2024
Abagize Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro muri Kiliziya Gatolika, bahuguwe ku itegeko rihana abapfobya Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda1994 , bibutswa ko
February 9, 2024
Mu gihe u Rwanda rwitegura Kwibuka ku nshuro ya 30, Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro y’Arikidiyosezi ya
January 28, 2024
Abagenerwabikorwa ba Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro muri Arikidiyosezi ya Kigali bo mu murenge wa Ngeruka, akagali ka Murama, umudugu w'Ikoni, mu
January 28, 2024
Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu (MINUBUMWE) yagaragaje imirongo migari ngenderwaho izafasha kuzana impinduka, mu bikorwa bitandukanye by’isanamitima, mu rwego rwo
January 25, 2024
Mu kiganiro abagenerwabikorwa ba Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro y’Arikidiyosezi ya Kigali bo mu karere ka Bugesera mu murenge wa Ngeruka bagiranye
January 25, 2024
Kuva tariki 22 kugera tariki 24 Mutarama Minisiteri y’Ubumwe n’Ubudaheranwa yatangiye gusura ibikorwa by’umushinga wa Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro ya Arikidiyosezi
January 10, 2024
Inama y'Abepiskopi Gatolika mu Rwanda tariki 9 Mutarama 2024 yagize Padiri Vedaste Kayisabe umunyamabanga mukuru w'iyo nama. Padiri Vedaste Kayisabe
January 8, 2024
Ku gasozi kitwa Ibanga ry’Amahoro mu Murenge wa Gihundwe mu Karere ka Rusizi, hatashywe ikibumbano kiri mu ishusho ya nyakwigendera