• Address: KN 3Rd/ KN 1 St, Charity House
  • +250 784 609 286

Actualités

Gahunda ya KWIGIRA imaze gukura abanyamuryango bayo mu bukene

Abanyamuryango bibumbiye mu matsinda ya "Kwigira' bavuga ko iyi gahunda yamaze kubateza imbere bakabasha kwikura...

Kudasinzira amasaha 8 mu ijoro bishobora gutera umuvuduko ukabije w’amaraso

Abantu benshi bakunze gukora amasaha menshi abandi bakagira ibibazo bishobora gutuma badasinzira neza ntibaryame bihagije...

Amavuriro ya Kiliziya Gatolika muri Arkidiyosezi ya Kigali yavuye ku buntu abatishoboye 2.094

Mu bikorwa byo kwita ku batishoboye byakozwe na Caritas Kigali harimo kwishyurira abatishoboye ubwisungane mukwivuza...

Kumva neza ihame ry’uburinganire byabafashije gutera imbere

Kubera ibiganiro Komisiyo y'Ubutabera n'Amahoro muri arikidiyosezi ya Kigali (CDJP) itanga muri Sosiyeti bijyanye n’Ihame...

Kuki Igwingira ridacika?

Nubwo Leta hamwe n'abafatanyabikorwa bayo bashyira imbaraga mu kurwanya igwingira mu bana bato umuntu yakwibaza...

Guherekeza imfungwa n’abagororwa bitegura kurekurwa ni imwe mu nzira y’Ubumwe n’Ubwiyunge

Bimwe mu bikorwa bya Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro muri Arkidiyosezi ya Kigali harimo guherekeza imfungwa n’abagororwa...

Menya amateka y’Ishuri ry’imyuga rya Butamwa

Ishuri rya Butamwa VTC ni Ishuri rya Arkidiyosezi Gatolika ya Kigali ricungwa na Caritas ya...

Ambasade y’Ubuyapani mu Rwanda yateye inkunga ibitaro bya Rilima bivura amagufa n’ingingo

Ambasade y’Ubuyapani mu Rwanda tariki 27 Gashyantare 2025 yateye inkunga y’ibikoresho bifite agaciro ka miliyoni...

Abasaserdoti bakorera ubutumwa muri Arikidiyosezi ya Kigali bari guhugurwa ku Isanamitima N’Ubwiyunge

Antoine Cardinal Kambanda Arkiyepiskopi wa Kigali kuri uyu wa kane tariki 27 Gashyantare 2025  yatangije...

Kiliziya imaze gufasha imiryango ibihumbi 30 guteganya imbyaro ikoresheje uburyo bwa Kamere

Serivisi y'Ubusugire bw'Ingo mu nama y'Abepiskopi Gatolika mu Rwanda itangaza ko kuva mu 2010, imiryango...

Barasaba Leta kugabanya ikiguzi cyo kwiga Ubuforomo

Ababyeyi barerera mu mashuri yigisha Ubuforomo n’Ububyaza, basaba Leta kugabanya ikiguzi cy’uburezi, kugira ngo bunganire...

Turashima uruhare rw’abaforomo n’ababyaza mu kuramira ubuzima bw’abantu- Antoine Cardinal Kambanda

Mu gutanga impamyabumenyi ku baforomo n’ababyaza mu birori byabaye tariki 21 Gashyantare 2025 Antoine Cardinal...