Papa Fransisiko yasabye abanyamakuru gutangaza amakuru atanga ihumure ku bantu
Kuva kuwa 24 kugeza kuwa 29 Mutarama 2025, abagize ihuriro ry’Abanyamakuru Gatolika (SIGNIS) baturutse ku...
Antoine Cardinal kambanda yashimye ibikorwa biteza imbere abatishoboye bya Caritas na Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro
Mu nteko rusange ya Caritas na Komisiyo y’Ubutabera n’amahoro muri Arikidiyosezi ya Kigali yateranye kuri...
Mu mafoto: Dore uko ibirori bya Yubire y’imyaka 25 Sr Betty Mukarugambwa yahimbaje uko byizihijwe
Sr Betty Mukarugamabwa umuhuzabikorwa wa serivisi y’Ubuzima muri Caritas Kigali yizihije Yubire y’imyaka 25 amaze...
Icyifuzo cya Papa Fransisiko muri Mutarama 2025
Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Fransisiko arifuza ko buri wese agira uburenganzira bwo...
Ese koko Kiliziya ntishyigikiye gahunda yo kuboneza urubyaro?
Nyuma y'aho Abepisikopi Gatolika mu Rwanda bansinye ku itangazo ribuza abakirisitu n'abandi bantu b'umutima mwiza...
Menya uruhare rwa Caritas Kigali mu kurwanya igwingira mu bana
Mu rwego rwo kurwanya igwingira mu bana ndetse no gufasha abari mu mirire mibi kuyivamo...
Menya amateka y’indirimbo Te Deum, ikunze kuririmbwa mu mpera z’Umwaka
Mu mugoroba wo ku itariki ya 31 Ukuboza abakirisitu gatolika bakunze guhimbaza Imana bayishimira ko...
Uburangare bw’ababyeyi biri mu byangiza uburere bw’abana
Mu bihe bishize, ababyeyi batuye ku Gisozi mu Karere ka Gasabo babonye akazi kabatwara umwanya...
Muri Paruwasi ya Gahanga basoje umwaka basangira n’abatishoboye
Nk’uko byagiye bikorwa mu zindi Paruwasi gusangira Noheli n’abakene kuri uyu wa Kabiri tariki 31...
Mu kwezi k’urukundo n’Impuhwe hakusanyijwe asaga Miliyoni 15frw
Muri uyu mwaka wa 2024 Caritas Kigali mu ishami ryayo ryo gukusanya inkunga yo kwita...
Kiliziya Gatolika yibukije abana kutigira indakoreka
Abana b’abagatolika bizihije Yubile y’imyaka 125 Kiliziya Gatolika imaze igeze mu Rwanda n’iy’imyaka 2025 yo...
Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro ya Arikidiyosezi ya Kigali yagaragaje uruhare rwayo mu rugendo rw’isanamitima
Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro ya Arikidiyosezi ya Kigali yagaragaje uruhare rwayo mu rugendo rw'isanamitima mu gukiza...












