• Address: KN 3Rd/ KN 1 St, Charity House
  • +250 784 609 286
September 1, 2026

Arikidiyosezi ya Kigali yashyizeho Ikigo cy’Ubwiyunge bwuzuye n’Ubushakashatsi

Arikidiyosezi ya Kigali yashyizeho Ikigo cy’Ubwiyunge bwuzuye n’Ubushakashatsi, mu rwego rwo gukomeza ibikorwa by’isanamitima no gufasha mu gukira ibikomere by’amateka,

September 1, 2026

Antoine Cardinal Kambanda: Umusaruro w’imyaka 50 ya Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro upimirwa ku bantu biyunze n’abagaruriwe icyizere

Antoine Cardinala Kambanda yavuze ko umusaruro w’imyaka 50 ya Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro muri Arikidiyosezi ya Kigali udakwiye gupimirwa gusa ku

August 31, 2026

Caritas ya Arikidiyosezi ya Kigali imaze imyaka 50 ihindura imibereho y’abatishoboye

Cardinal Antoine Kambanda yavuze ko Caritas ya Arikidiyosezi ya Kigali atari umuryango usanzwe utanga imfashanyo, ahubwo ko ari igikorwa cy’urukundo

August 31, 2026

Ubuzima n’umurage bya Musenyeri Nsengumuremyi wari Igisonga cy’umwepiskopi witabye Imana

Musenyeri Jean Marie Vianney Nsengumuremyi, wari Igisonga cy’Umwepiskopi wa Diyosezi ya Nyundo, yitabye Imana ku gicamunsi cyo ku wa 30

August 30, 2026

Hatewe igiti mu rwego rwo gukangurira abakirisitu kugira uruhare mu kubungabunga ibidukikije

Nyiricyubahiro Antoine Cardinal Kambanda yasabye abakirisitu n’abandi bose kugira uruhare mu kubungabunga ibidukikije, birinda ibikorwa bibyangiza kandi bakarangwa n’urukundo no

August 30, 2026

Caritas na Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro muri Arkidiyosezi ya Kigali bizihije Yubile y’imyaka 50 y’ibikorwa by’urukundo

Caritas Kigali na Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro (CDJP) muri Arikidiyosezi ya Kigali bizihije Yubile y’imyaka 50 bamaze bakora ibikorwa bigamije gufasha

August 28, 2026

Padiri Twizeyumuremyi yasabye Abakirisitu kurangwa n’urukundo n’ibikorwa byiza

Padiri Donatien Twizeyumuremyi, uyobora Caritas Kigali na Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro muri Arikidiyosezi ya Kigali, yasabye Abakirisitu kurangwa n’urukundo, ineza n’umutima

August 28, 2026

Rwagasore Elias ashimira Caritas Kigali yamwubakiye inzu

Rwagasore Elias ni umwe mu bagenerwabikorwa ba Caritas Kigali bavuga ko ibikorwa by’urukundo n’impuhwe by’iyi gahunda byagize uruhare rukomeye mu

August 15, 2026

Gihamya y’uko Bikira Mariya ari mu ijuru irahari – Abakirisitu Gatolika

Francine Mukeshimana ni umwe mu bitabiriye kwizihiriza uyu munsi mukuru w’Ijyanwa mu ijuru rya Bikira Mariya i Kibeho, avuga ko

July 26, 2026

Arikidiyosezi ya Kigali yizihije Umunsi Mpuzamahanga wa Nyogokuru na Sogokuru, bashimirwa uruhare rwabo mu muryango

Abakirisitu Gatolika bo muri Paruwasi zitandukanye zigize Arikidiyosezi ya Kigali, kuri iki Cyumweru bifatanyije n'Isi yose kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga wa