• Address: KN 3Rd/ KN 1 St, Charity House
  • +250 784 609 286
June 28, 2026

Menya Byinshi ku giti cyitwa Gliricidia Sepium Caritas Kigali yahaye abagenerwabokorwa bayo ngo bagihinge

Kubera uburyo Caritas Kigali yahaye abahinzi bayo mu karere ka Bugesera mu murenge wa Rweru mu kagari ka Nyiragiseke iki

June 28, 2026

Rwankuba: Bizihije imyaka 50 Arkidiyosezi ya Kigali imaze ishinzwe bishimira ibyo Ibimina Bidasesa byabagejejeho

Mu buhamya bwatanzwe na Uwiduhaye Jacqueline wo muri Paruwasi ya Rwankuba, akaba yibumbiye mu Kimina Kidasesa cyitwa Twizerane, yavuze ko

June 28, 2026

Abakangurambaga bamaze imyaka irenga 20 bakorera Caritas na Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro bashimiwe

Abakangurambaga ba Caritas Kigali na Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro bashimiwe uruhare rwabo mu butumwa bw’iyogezabutumwa n’iterambere ry’abaturage, bahabwa impamyabushobozi (certificat) z’ishimwe

May 24, 2026

Nta muntu wigisha atabanje gukunda – Padiri Donatien Twizeyumuremyi

Tariki 23 Gicurasi Arikidiyosezi ya Kigali yizihije Yubile y’imyaka 50 mu rwego rw’uburezi n’uburere bw’abana bakennye. Ni ibirori byabereye muri

May 10, 2026

Arikidiyosezi ya kigali yibutse inasabira abazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

Arikidiyosezi ya Kigali yibutse inasabira abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.Ni igikorwa cyabereye muri Paruwasi ya Mugote muri Arikidiyosezi ya

April 22, 2026

Caritas ya Kigali imaze gutera ingemwe 23.000 z’ubwoko bw’igiti cya ‘Gliricidia Sepium’

Ubwoko bw’igiti cya ‘Gliricidia’ ni igiti kivangwa n’imyaka yo mu murima kikanagaburirwa amatungo.Mu rwego rwo kubungabunga ibidukikije Caritas ya Kigali

April 5, 2026

Mu butumwa bwa Pasika, Abepiskopi mu Rwanda basabye abakristu gukomera ku rukundo n’ukwemera mu gihe cyo kwibuka ku nshuro ya

Mu gihe Kiliziya Gatolika kimwe n’abandi bakristu ku isi yose yizihiza Umunsi Mukuru wa Pasika ya 2026 kuri iki cyumweru

April 5, 2026

Turabasaba kutadohoka mu gihe hagikorwa ibishoboka ngo za Kiliziya zigifunze zifungurwe – Ubutumwa bw’Abepiskopi bwa Pasika

Abepiskopi Gatolika mu Rwanda, mu butumwa bwabo bwa Pasika bageneye abakristu, babasabye kuba abahamya b’ukuri ba Kristu wazutse, by’umwihariko mu

March 9, 2026

Ruhuha – Abakirisitu basaga 100 basoje icyiciro cya mbere cy’urugendo rw’Isanamitima

Kuri uyu wa Mbere tariki ya 09 Werurwe 2026, muri Paruwasi ya Ruhuha habereye umuhango wo gusoza icyiciro cya mbere

March 9, 2026

Arikidiyosezi ya Kigali yizihije imyaka 50 imaze ishinzwe.

Kuri uyu wa mbere tariki 9 Werurwe 2026 muri Paruwasi ya Ruhuha hizihirijwe ibirori by'isabukuru y'imyaka 50 Arikidiyosezi ya Kigali