• Address: KN 3Rd/ KN 1 St, Charity House
  • +250 784 609 286
July 31, 2024

Menya uruhare rwa Caritas Kigali mu kurwanya igwingira mu turere twa Gakenke na Rulindo

Caritas Kigali ni umufatanyabikorwa mu karere ka Rulindo na Gakenke mu kurwanya igwingira mu bana. Bimwe mu bikorwa yagiye ifashamo

July 31, 2024

Urubyiruko rwigishijwe uburyo bagomba kwitegura kuba ababyeyi beza

Muri Zone y'Ikenurabushyo ya Rwankuba, Urubyiruko rwahuriye mu Ihuriro ry'urubyiruko rwahawe ikiganiro ku buryo bagomba kwitegura kuba ababyeyi beza, babungabunga

July 31, 2024

Imbamutima z’abahuguwe kongerera ubushobozi abagore ku kugira uruhare mu nzego zifata ibyemezo

Ingeri z’Abantu batandukanye bahuguwe na Komisiyo y’Ubutabera n’amahoro bavuga ko nyuma yo guhugurwa kuri gahunda yo kongerera ubushobozi abagore ku

July 31, 2024

Kwigishwa gutegura indyo yuzuye byagabanyije imirire mibi mu bana

Ababyeyi bo mu karere ka Rurindo bavuga ko kwigishwa na Caritas Kigali gutegura indyo yuzuye byatumye abana babo bava mu

July 31, 2024

Ibyiciro by’abantu batandukanye bahuguwe ku kurwanya ibiza bituruka ku mihindagurikire y’ikirere

Komisiyo y’ubutabera n’Amahoro muri arikidiyosezi ya Kigali yahuguye abantu bo mu byiciro bitandukanye mu nzego z’ibanze kuri uyu wa kane

July 29, 2024

Antoine Cardinal Kambanda yasobanuye urugendo rw’ubumwe n’ubwiyunge nyuma ya Jenoside no kwizihiza Isabukuru ya Kiliziya mu Rwanda

Mu kiganiro Umunyamakuru Françoise Niamien wa Vatican News yagiranye na Arikiyepisikopi wa Kigali akaba na Perezida w’Inama y’Abepisikopi mu Rwanda,

July 28, 2024

Nyuma y’imyaka 10 nkoze impanuka iyo ntagira Caritas simba nkiriho-Mutemberezi Claver

Mu kwiziha umunsi mukuru wa Caritas muri Paruwasi ya Kabuye tariki 28 Nyakanga 2024 Mutemberezi Claver umwe mu bagenerwabikorwa yashimiye

July 28, 2024

Ubutumwa Papa Fransisko yageneye Umunsi Mpuzamahanga wa ba Sogokuru na ba Nyogokuru n’Abageze mu za bukuru

Umunsi Mpuzamahanga wa ba Sogokuru na ba Nyogokuru n’Abageze mu za bukuru wizihizwa ku nshuro ya 4, taliki 28 Nyakanga,

July 28, 2024

Santarari ya Nduba bizihije umunsi w’abageze mu zabukuru babagenera impano zitandukanye

Tariki 28 Nyakanga buri mwaka hizihizwa umunsi mpuzamahanga waba Nyogokuru na Sogokuru ndetse n’abageze muzabukuru. Ku iki cyumweru Umuyobozi wa

July 25, 2024

Ese wari uziko Imana igusaba kwita ku bageze mu zabukuru

Tariki 28 Nyakanga buri mwaka hizihizwa umunsi mpuzamahanga waba Sogokuru na Nyogokuru. Ese uribuka ko ari ingenzi kubitaho igihe ukibafite?