• Address: KN 3Rd/ KN 1 St, Charity House
  • +250 784 609 286

Actualités

Muri Paruwasi ya Gahanga basoje umwaka basangira n’abatishoboye

Nk’uko byagiye bikorwa mu zindi Paruwasi gusangira Noheli n’abakene kuri uyu wa Kabiri tariki 31...

Mu kwezi k’urukundo n’Impuhwe hakusanyijwe asaga Miliyoni 15frw

Muri uyu mwaka wa 2024 Caritas Kigali mu ishami ryayo ryo gukusanya inkunga yo kwita...

Kiliziya Gatolika yibukije abana kutigira indakoreka

Abana b’abagatolika bizihije Yubile y’imyaka 125 Kiliziya Gatolika imaze igeze mu Rwanda n’iy’imyaka 2025 yo...

Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro ya Arikidiyosezi ya Kigali yagaragaje uruhare rwayo mu rugendo rw’isanamitima

Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro ya Arikidiyosezi ya Kigali yagaragaje uruhare rwayo mu rugendo rw'isanamitima mu gukiza...

Paruwasi zimwe zo muri Arikidiyosezi ya Kigali zasangiye Noheli n’abakene

Mu kwizihiza umunsi mukuru wa Noheli kuri uyu w gatatu tariki 25 Ukuboza 2024 Paruwasi...

Abepisikopi Gatolika mu Rwanda basabye abakirisitu n’abantu bafite umutima mwiza kurengera ubuzima

Abepiskopi Gatolika mu Rwanda bagendeyeku itegko ry’Imana  rigira riti "Ntuzice umuntu" (Jyim. 20, 13; Mt...

Musenyeri Rukamba yifashishije ivuka rya Yezu yamagannye gukuramo inda

Musenyeri Filipo Rukamba wa Diyosezi ya Butare uri mu kiruhuko cy’izabukuru yongeye gushimangira umurongo Kiriziya...

Kigali: Abasaga 500 basangiye Noheli na Arikiyepisikopi wa Kigali Antoine Cardinal Kambanda

Misa ya Noheli ihumuje, abantu bagera kuri 500 mu Mujyi wa Kigali basangiye ifunguro rya...

Umunsi wa Noheli ukwiye kuba intandaro yo kunga ubumwe- Antoine Cardinal Kambanda

Arikiyepisikopi wa Kigali, Antoine Cardinal Kambanda avuga ko umunsi wa Noheli ari isooko y’umucyo n’amahoro...

Kuki Noheli yizihizwa ku itariki 25 Ukuboza?

Kuva mu kinyejana cya 17, hari bamwe batangiye gukwiza hose ko itariki ya 25/12 Abakristu...

Abagenerwabikorwa ba Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro bahawe ibiti by’imbuto n’ibivangwa n’imyaka

Kuri uyu wa Gatanu tariki 29 Ugushyingo 2024, abagenerwabikorwa 300 ba Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro muri...

Abepisikopi bagize komite y’ihuriro ry’Abepisikopi b’Afurika na Madagasikari bifatanyije n’Abakirisitu kwizihiza isabukuru ya 43 y’amabonekerwa

Tariki ya 28 Ukwakira 2024, i Kibeho mu karere ka Nyaruguru hateraniye imbaga y'abakirisitu basaga...